Umuraperi Jay Polly aho bukera aratabwa muri yombi hejuru y’ubuhemu bukomeye yakoreye abaturage
— November 22, 2017
Please enter banners and links.

Umuhanzi wamamaye hano mu Rwanda Tuyishime Joshua uzwi cyane nka Jay Polly,ni umwe mu baraperi bakunzwe n’urubyiruko rw’u Rwanda,uyu uhanzi usanzwe ubarizwa mu itsinda rya Tuff Gang akomeje kuvugwaho amanyanga atari meza mu muziki we no mu bitaramo bitandukanye agenda yitabira.
Jay Polly wigaruruye imitima ya benshi aho nawe ari mu bahanzi bafite igikombe cya Primus Guma Guma Super Star,uyu muhanzi yagiye avugwaho imico itari myiza nagato mu itangazamakuru aho byavugwaga ko yaba ari mu bahanzi batakunze kubahiriza amasezerano aba yahawe .


Jay Polly

Taliki 28 Ukwakira 2017 nibwo umuhanzi Jay Polly yagombaga kuba yasesekaye i Rubavu mu birori byo gusoza amarushanwa yiswe Rubavu Talent Detection yari abaye bwa mbere,icyaje gutungurana ni uko umuhanzi Jay Polly atahakandagiye kandi yari yarabimenyeshejwe yewe yaranahawe amafaranga ya avansi.
Jay Polly nyuma yo kubona amafaranga yahise ahindura gahunda yifatira izindi gahunda agumya kubeshya bamwe bari muri gahunda yo gutegura icyo kirori ,abamenyeshako ari munzira ajya yo naho kumbi ntiyigeze ajyayo.ibintu bitigeze bishimisha na gato abari aho bose kuko ahanini ni Jay Polly bari bategereje.
Easy and Possible kompanyi(Company) yateguye iri rushanwa kubufatanye na Polisi y’igihugu n’akarere ka Rubavu babwiye Itangazamakuru ko basabye Jay Polly kubasubiza amafaranga yahawe ariko ntagisubizo aratanga.
Umukozi Niyigena Francois Sano uyobora Easy and Possible yagize ati’ ”Jay Polly nanubu iyo muhamagaye ntabwo anyitaba ngo nibura avuge aho ikibazo kigeze agikemura,nibura umuntu abashe kumenya impamvu nyamukuru yabimuteye ariko azajyanwa mu nkiko nakomeza ubuhemu.”
Umuhanzi Jay Polly aganira n’Ikinyamakuru Umusingi.net yavuzeko abizi amafaranga azayatanga vuba ati’” ndabizi udufaranga naraturiye ariko ni naduke cyane sinazira uduceri 70000fr,ariko uyu musore uba umpamagara ndamuha amafaranga ye, ikibazo ni uko aba azana ibiganiro avuga nabi cyane nkamukupa .”.
David Mayira/umusingi.net
3,117 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply