Perezida Museveni yatanze ubuhamya uburyo Pope Francis yamusengeye yavunitse ukuboko agahita akira
— October 30, 2017
Please enter banners and links.

Perezida Museveni umunsi w’ejo Ku cyumweru 2017 yavuze ko Pope Francis yamusengeye ubwo yari yavunitse ukuboko agahita akira.
Perezida Museveni ibi yabivugiye mu muhango wo kwizihiza imyaka 50 Dayoseze ya Kampala imaze ibayeho.
Kubera umushyitsi mukuru wari witabiriye uwo muhango wari uturutse I Rome aje kwifatanya na Uganda mu kwizihiza iyo sabukuru aho yaraje azanye ubutumwa bwa Pope Francis.
Perezida Museveni ibi yabivuze ashaka kugaragaza uruhare rw’Amadini n’akamaro kayo aho yavuze ko Pope Francis bahuriye I New York (United States of America) ubwo yaravuye kugeza ijambo ku bari bitabiriye inama ya UN.
Perezida Museveni umaze imyaka 30 ku butegetsi yagize ati “nari mvuye kuvuga ijambo mu nama ya UN ndimo kuva imbere namutereye isaluti kubera ko twari mu cyumba kimwe mbere y’uko ajya kugeza ijambo rye ku bari bitabiriye inama yabanje kunsengera kandi ndakira”.
Perezida Museveni avuga ko yari yavuze ko yari yavunitse ukuboko atavuze icyatumye ukuboko kuvunika kuko biba bigoye kubona Perezida yakomeretse cyangwa yavunitse.Perezida Museveni yakomeje avuga ko Pope Francis ari inshuti magara y’igihugu cya Uganda akabishingira kubera ko yaje no kwifatanya n’igihugu cya Uganda mu kwizihiza umunsi wo kwibuka abahowe Imana bashyinguwe ahitwa Namugongo.
3,007 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply