ITOHOZA :Dr.Sezibera gusubira muri Minisiteri y’Ubuzima
— March 25, 2016
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu nzego zifata ibyemezo aravuga ko Dr.Sezibera Richard agiye gusubizwa Minisiteri y’ubuzima agasimbura uwamusimbuye Dr.Agnes Binagwaho .
Uwadutangarije ayo makuru ariko utarashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati “n’ubwo bitoroshye ariko Dr.Sezibera azasubira muri Minisiteri y’Ubuzima kuko aho agendeye ibintu byasubiye inyuma ariko ubwo yagarutse turimo kureba uburyo yayisubiramo agasubiza ibintu ku murongo”.
Iyi Minisiteri nyuma yo kugenda kwa Binagwaho hakomeje kuvugwamo ibibazo bitandukanye bamwe bagakeka ko wenda ari uko Minisitiri Binagwaho atazi Ikinyarwanda kuburyo abwira abakozi be ndetse n’abaturage ngo bamwumve neza cyangwa se n’ibintu byanze gusa bikabayobera.


Minisitiri Binagwaho na Dr.Sezibera
Muri iyi minsi haravugwa Malaria nyinshi mu Rwanda aho bikekwa ko byatewe n’inzitiramibu zazanywe zitujuje ubuziranenge.Imibu yabaye myinshi ku buryo bamwe bavuga ko nayo ishobora kuba iri mu bitera Malaria ariko Sezebera yari yarabishyize ku murongo.
Iyo urebye hirya no hino usanga hari amavuriro yagiye atinda kurangira kubakwa muri za Rusizi ,Imitungo ya Leta irimo kwangirika itagira gikurikirana mu mavuriro amwe na mwe nka Ruhango hari Ambulance yaboreye mu I Garage na moto imaze imyaka iparitse.
Mituelle de santé bariyirya uko bashatse baherutse gufunga bamwe mu bayobozi bayiriye ,Imirire mibi muri Gakenke ibyo byose n’ibindi Sezebera yari yarabishyize kumurongo.
Dr.Sezebera ubu utarabona akazi nyuma yo kuva mu gihugu cya Tanzania aho yari koraga nk’umunyamabanga nshingwabikorwa w’umuryango w’Afurika y’ibuhugu by’Iburasirazuba .
Ndetse bamwe nyuma yo kumva ko yasimbuwe kuri ako kazi batangiye kugenda babiganira hirya no hino no muri taxi zitwara abagenzi bavuga ko akwiye gusubizwa muri Minisiteri y’Ubuzima.
Muhungu John
3,471 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply