umu amakuru-      N’iki cyatumye Cindy abira ibyuya wese ari mu gitaramo cya Kid Gaju? | Umusingi

Cindy      N’iki cyatumye Cindy abira ibyuya wese ari mu gitaramo cya Kid Gaju?

Please enter banners and links.

Cindy

 

 

 

Umuhanzi ukunzwe cyane haba hano mu Rwanda no mu gihugu akomokamo witwa Cindy Sanyu yari mu gitaramo ku Kicukiro yatumiwemo na mugenzi we Kid Gaju ariko ubwo bari kurubyiniro Cindy yabize icyuya umubiri wose abantu batangira kwibaza ikimutera kubira ibyuya .
Uretse Cindy kubira icyuya umubiri wose na mugenzi we Kid Gaju yahagiriye ibibazo by’abagabo aho imyambarire ya Cindy ariyo nyirabayazana.
Imibyinire n’imyambarire y’umuhanzi Cindy niyo yatumye network mu ipantaro ya Kid Gaju izamuka ikaba nyinshi kubera ukuntu Cindy yabyinaga amwiyegereza cyane kandi yambaye utwenda tugaragaza ibibero bye byose ku buryo agakabutura yari yambaye wagirango n’ikariso.
Nkuko ariko Imana yabiremye nta warenganya Kid Gaju kuko abahungu benshi cyangwa n’abagabo akora ku mubiri w’umukobwa yumva akunda network igahita iba nyinshi mu ipantaro ye aribyo byabaye kuri Kid Gaju dore ko Cindy n’abandi bari bari muri icyo gitaramo bamwe mu bagabo bashakaga gukora ku bibero bye dore ko afite ibibero byiza kandi nawe ari mwiza.
Ababa hanzi bafitanye indirimbo ikunzwe yitwa Gahunda ari nayo ibyo byose bijya kuba babyinanaga.

Cindy kid

Cindyy kid

dsc_0672-3

Bimwe mu byatumaga network izamuka
Cindy akunda kwambara utwenda tumugaragaza ubwambure ariko nkuko bamwe bavuga ko abahanzi bamaze gukora izina bakomeye ariko bambara urugero Beyonce ,Rihanna ,Lopez n’abandi batandukanye niko bambara.
Usanga rimwe na rimwe amabere agaragara cyangwa akenda k’imbere cyangwa umukondo mbese agomba kwambara ku buryo abantu bagira icyo bavuga ku myambarire aba yambaye uwo munsi ari nabyo Cindy akunda kwambara kuko ari mu bahanzi bakomeye muri Uganda.

Cindy dance

cinddy

ciindy

dsc_0461-2

Cindy Tino

Kidd
N’ubwo igitaramo kititabiriwe n’abahanzi benshi ndetse n’abaje wabonaga basa na bapinze kimwe mu byababaje Kid Gaju ariko umuhanzi Cindy we ibyo ntiwabimuzanaho kuko yabyinnye ku buryo yabize icyuya ukangirango n’amazi barimo kumusukaho.
Uwitwa Iradukunda M Grace yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko Cindy yeretse abahanzi babakobwa hano mu Rwanda ko gukora muzika wirekura ukabyina umubiri ukawukoresha buri akabona ko wabyinnye koko.

dsc_0443-2
Iradukunda M Grace yagize ati “ntimwabibonye se ko Cindy azi kubyina ni nde mu Rwanda wabishobora biriya?bose ko bava ku rubyiniro (stage)ukagirango bavuye muri dushe gukaraba”.
Yakomaje avuga ngo bajye babyina basimbuke birekure nta kwitinya ,umubiri ukore ,abahanzi abenshi bakomeye maze kubona nibiriya bakora kandi natwe turabakeneye .
Noella

4,529 total views, 3 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.