Charly na Nina mu rugendo rwerekeza Bangui no mu Bubiligi banyuze Kampala
— January 30, 2017
Please enter banners and links.

Abahanzi Charly na Nina bagiye kunyura mu gihugu cya Uganda aho bafiteyo igitaramo gikomeye ,ni bava Kampala bazakomereza I Bangui muri Central Africa aho bazakora ikindi gitaramo gikomeye ku munsi w’abakundanye bita saint Valentin.
Avugana n’Ikinyamakuru Umusingi umuhanzi Nina yagize ati “tuzahaguruka ku italiki ya mbere Mutarama 2017 tujye Kampala mu gitaramo gikomeye ni tuva aho tuzerekeza mu gihugu cya Central Africa I Bangui naho tuhave twerekeze ku mugabane w’Uburayi mu gihugu cy’uBubuligi ku italiki 27 hanyuma nituvayo tugaruke mu Rwanda”.


Aba bakobwa bamaze kugaragaza ko muzika yabo imaze gutera imbere cyane igeze kurwego mpuzamahanga ndetse ishimishije cyane kandi bagaragaza ko ari abahanga cyane.
Indirimbo zabo zose ziza zikunzwe cyane zirimo iyitwa Indoro yakunzwe cyane ,Agatege ,Owooma n’izindi nyishi cyane.
Aba bahanzi bakaba babifashwamo n’umugabo umaze gukora izina muri muzika mpuzamahanga yarabitangiye bamuseka witwa Muyoboke Alex wahesheje abahanzi batandukanye ibihembo.


Twashatse kuvugisha Manager w’aba bakobwa Muyoboke Alex kuri Telephone ye ntibyadukundira kugirango abwire abanyarwanda ibanga akoresha kugirango buri muhanzi abereye Manager akundwe n’ibihangano bye bibe byiza kandi bikundwe.
Ubu akaba ariwe ukorana n’abakobwa beza cyane bagezweho ku rwego mpuzamahanga ndetse n’indirimbo zabo zikaba zicurangwa ku mashene mpuzamahanga nka Trace TV n’andi menshi.
Umwe mu bakunze ba Charly na Nina witwa Iradukunda M Grace yagize ati “aba bakobwa nta kindi nabifuriza uretse gutera imbere bakagera ku rwego bo bifuza kuko baranyemeza iyo ndebye uburyo ari abahanga mu ndirimbo zabo binyereka ko bafite impano ikomeye tutabakekeraga”.
Grace yakomeje abifuriza kuzagira urugendo rwiza ndetse n’amahoro y’Imana.
Noella
2,874 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply