Muri tombora ya Champions League ikipe zo mu Bwongereza Man City niyo ishobora gukomeza
— December 12, 2016
Please enter banners and links.

Uyu munsi kuwa mbere taliki 12 Ukuboza 2016 nibwo habaye tombora y’amakipe yakomeje mu gikombe cy’amakipe yabaye iya mbere iwayo (Champions League)ariko ikipe zo mugihugu cy’uBwongereza Man City ikaba ariyo ishobora gukomeza izindi zanyuze inzira ikomeye cyane.
Arsenal ikaba yatomboye Bayern Munchen yo mu gihugu cy’uBudage mu gihe Man City yatomboye Monaco yo mu gihugu cy’uBufaransa naho Leicester City yatomboye ikipe ya Seville yo muri Spain.
Ikipe ziri muri iri rushanwa rya Champions League zo mu Bwongereza nta nimwe iratwara icyo gikombe uretse Arsenal yageze ku mukino wa nyuma rimwe gusa mu mateka yayo igatsindwa n’ikipe ya Barcelona.
Monaco n’ikipe idakanganye muri iyi minsi ugereranije Man City irakomeye izayitsinda.
Ndayambaje F
2,705 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply