Intumwa y’Imana Paul Gitwaza yakiriwe bikomeye mu gihugu cya Australia
— December 11, 2016
Please enter banners and links.

Intumwa y’Imana Paul Gitwaza ubu ari mu gihugu cya Australia aho yakiriwe n’imbaga y’abantu benshi cyane baturutse mu mujiyi myinshi yo muri icyo gihugu.
Gitwaza yagize I Brisbane ku kibuga cy’indege kigwaho indege zo mugihugu imbere bita(Domestic airport) kuko hari ikindi kizijya n’iziva hanze bita(international airport}Kuwa gatanu taliki 9 Ukuboza 2016 akaba azahava asubira mu mujyi wa Sydney ejo kuwa wa mbere.
Iyi n’imigi yaturutsemo abantu batandukanye barimo Abanyarwanda ,Abanyamurenge ,Abakongomani n’abarundi baje kumwakira Sydney,Melbourne,Canberra, Adelaide,Perth,Darwin,Toowoomba, Townville,Gold Coast,Hobart,Mackay,Cairns, Auckland (New Zealand) ,Samoa, Papua New Guinea,Fuji,Tonga.


Umwe mu banyarwanda uba muri icyo gihugu cya Australia witwa Uwineza Godanse ari nawe wakiriye Gitwaza ku kibuga cy’indege yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko abantu bari baje ari benshi cyane abamuzi n’abatamuzi kubera uburyo akunzwe cyane ari yo mpamvu abantu baje ari benshi cyane.
Uwineza Godanse yagize ati “twamwishimiye cyane kandi abantu baje ari benshi cyane bitewe n’uburyo bamuziho ko asengera abantu bagakira abafite ibibazo bigashira ikaba ariyo mpamvu baje ari benshi akaba uyu munsi yasoje igiterane mu mujyi wa Brisbane akaba azakomereza I Sydney aho naho afiteyo ibiterane bitandukanye”.
Reba amafoto atandukanye ya Gitwaza bamwakira muri Australia .






Uwineza Godanse ari kumwe na Gitwaza
Noella
4,288 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
1 Comment
please reka mbakosore. Abanyamurenge nabo ni abakongomani,nta gihugu cyitwa murenge ngo tujye tuvuga abanyarwanda,abakongomani n’abanyamurenge naho ubundi murimo kuguteranya nabene wacu bacu duturanye kandi dusangiye igihugu.