Karangwa John watangije ADEPR muri Uganda nyuma akayiteza ibibazo agasubira mu Rwanda akaba Umuvugizi mukuru w’ungirije yagarutse Uganda
— February 27, 2023
Please enter banners and links.

Ikinyamakuru Umusingi nkuko mubimenyereye kibagezaho amakuru nyayo mutasanga ahandi cyamenye amakuru ko Karangwa John watangije ADEPR muri Uganda nyuma bikavugwa ko yayigurishije ndetse bamwe bakamwita maneko ku buryo yasubiye mu Rwanda ADEPR ya Uganda amaze kuyitezamo ibibazo .
Ikinyamakuru Umusingi kimaze kumenya ko Karangwa John yagarutse muri Uganda nyuma y’uko yari yarasubiye mu Rwanda akaba Umuyobozi mukuru wungirije ariko nabwo ateza ibibazo bikomeye ku buryo ubuyobozi bwe bwatangiye kutumvikana birangira bakuwe ku buyobozi bufatwa n’abandi bayoboye ADEPR uyu munsi.Ikinyamakuru Umusingi rero cyaramukurikiranye mpaka Kampala ku buryo amafoto ye twayafatiye ahitwa Namirembe Road mu Mujyi mukuru wa Uganda Kamapala.




Karangwa John agiye gutega moto i Kampala kandi yaragendaga muri V8
Bamwe mu ba Kristo muri ADEPR Uganda bamaze kumenya ko Karangwa John yagarutse muri Uganda batangiye kwibaza ikimugaruye umwe muri bo utarashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati “Uwo agarutse Uganda gukora iki ko ari umugome yasize aduteje ibibazo none agarutse guteza ibindi?turamwiyamye yitonde kuko yasize ateje ibibazo ndetse Itorero yararigurishije ageze mu Rwanda naho atezayo ibindi bibazo ubwo se uwo akorera Imana koko?umuntu wibagiwe n’abamuhaye akazi?”.
Ikinyamakuru Umusingi cyabajije Karangwa John kuri whatsapp ye niba yaduha ikiganiro ku bibazo bivugwa na bamwe mu ba Kristo ariko ntayagira icyo adusubiza.
Ese yaba agarutse guteza ibindi bibazo koko?ese yari maneko koko cyangwa yakoreraga Imana?byose umunsi yatwemereye kuduha amakuru tuzabageza ibyo tuzaganira nawe.
4,561 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply