Karangwa John watangije ADEPR muri Uganda nyuma akayiteza ibibazo agasubira mu Rwanda akaba Umuvugizi mukuru w’ungirije yagarutse Uganda
— February 27, 2023
Please enter banners and links.

Ikinyamakuru Umusingi nkuko mubimenyereye kibagezaho amakuru nyayo mutasanga ahandi cyamenye amakuru ko Karangwa John watangije ADEPR muri Uganda nyuma bikavugwa ko yayigurishije ndetse bamwe bakamwita maneko ku buryo yasubiye mu Rwanda ADEPR ya Uganda amaze kuyitezamo ibibazo .
Ikinyamakuru Umusingi kimaze kumenya ko Karangwa John yagarutse muri Uganda nyuma y’uko yari yarasubiye mu Rwanda akaba Umuyobozi mukuru wungirije ariko nabwo ateza ibibazo bikomeye ku buryo ubuyobozi bwe bwatangiye kutumvikana birangira bakuwe ku buyobozi bufatwa n’abandi bayoboye ADEPR uyu munsi.Ikinyamakuru Umusingi rero cyaramukurikiranye mpaka Kampala ku buryo amafoto ye twayafatiye ahitwa Namirembe Road mu Mujyi mukuru wa Uganda Kamapala.




Karangwa John agiye gutega moto i Kampala kandi yaragendaga muri V8
Bamwe mu ba Kristo muri ADEPR Uganda bamaze kumenya ko Karangwa John yagarutse muri Uganda batangiye kwibaza ikimugaruye umwe muri bo utarashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati “Uwo agarutse Uganda gukora iki ko ari umugome yasize aduteje ibibazo none agarutse guteza ibindi?turamwiyamye yitonde kuko yasize ateje ibibazo ndetse Itorero yararigurishije ageze mu Rwanda naho atezayo ibindi bibazo ubwo se uwo akorera Imana koko?umuntu wibagiwe n’abamuhaye akazi?”.
Ikinyamakuru Umusingi cyabajije Karangwa John kuri whatsapp ye niba yaduha ikiganiro ku bibazo bivugwa na bamwe mu ba Kristo ariko ntayagira icyo adusubiza.
Ese yaba agarutse guteza ibindi bibazo koko?ese yari maneko koko cyangwa yakoreraga Imana?byose umunsi yatwemereye kuduha amakuru tuzabageza ibyo tuzaganira nawe.
4,489 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Umunyamakuru Shyaka Kanuma wa Rwanda Focus yafunguwe arangije umwaka muri gereza
Champions League: Amakipe ahabwa amahirwe yo gutwara igikombe uko yatomboranye ,Real Madrid na Manchester City, FC Barcelone na Napoli,Liverpool isigaye iryana izahura na Atletic Madrid
Leave a reply