Zari ukunzwe cyane yerekanye undi mugabo wa 12 bakundana
— February 18, 2021
Please enter banners and links.

Zari ukunze kwiyita The Boss lady ku munsi w’abakundanye yerekanye undi mugabo ubu bari mu rukundo akaba ari uwa 12 bamaze gukundana.
Zari ukunzwe cyane mu bihugu bya East Africa akaba afite abana 5 babiri akaba yarababyaranye na Diamond Ptanimuz wo muri Tanzania abandi 2 akaba yarababyaranye n’uwari umugabo we byemewe witwaga Ssemwanga Ivan witabye Imana hanyuma amakuru akavugwa ko yari afite undi mukobwa yabyaye cyera akiri umukobwa ariko atajya amwerekana.
Uyu mugabo mushya uri mu rukundo na Zari abantu bakaba bavuga ko nawe batazamarana igihe kirekire bakundana nyuma y’uko ku rutonde rw’abagabo bamaze gukundana nawe bagera kuri 11 ariko we akaba avuga ko ntacyo bimubwiye n’iyo batatindana mu rukundo cyangwa bagatinda ntacyo bimubwiye.Zari yagize ati “Abantu benshi baba bashaka kukubona muri za group za whatsapp kandi njye sindi muri abo bantu .Ndishimye nibirangirira mu marira wowe uzababara he?uzahomba iki?”.



Zari yanditse umukunzi we amwita Mr Man ndetse yongeraho Dark Stallion akaba yari amaze iminsi yifotoranye nawe ariko akagerageza guhisha isura ye akagaragaza ibindi bice byose ariko ku maso ye utahabona kugeza ku munsi w’abakundanye aribwo yamugaragaje.
Mu minsi ishize nanone hari undi mugabo bakundanye ariko ntibamarana kabiri witwa Kingbaearibwo Zari yari yavuze ku ibyo gukundana agiye kuba abihagaritse ariko ubanza agira urukundo muri we dore ko ari na mwiza ateye neza kandi akundwa n’abagabo benshi.
3,049 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply