Umuhanzi w’Umunyarwandakazi Nina Rose uba muri Uganda yakoze ubukwe bwogusaba no gukwa atwite (Amafoto).
— October 25, 2020
Please enter banners and links.

Amakuru yiriwe acicikana kuwa gatanu tariki 23 Ukwakira 2020 guhera mu masaha ya kumanywa n’amakuru y’umuhanzikazi w’Umunyarwandakazi uba muri Uganda ndetse umaze kugira izina muri muzika yaho wakoze ubukwe aho hagaragaye amafoto n’amashusho yo mu muhango wo gusaba no gukwa.
Hari hashize iminsi havugwa ko Nina Rose atwite ariko mu minsi ishize akaba yarabihakanye ariko mu mafoto yafatiwe mu bukwe yagaragazaga Nina Rose atwite ndetse n’ibinyamakuru byo muri Uganda byavuze ko atwite kandi inda iragaragara.
Nina Rose wagaragaye mu bukwe asabwa ndetse no gukwa yambaye umushanana bigaragaza ko ari umunyarwandakazi agaragariza umugabo we Daddy Andre w’umugande ko ashatse umunyarwandakazi ndetse anagaragariza abantu ko akibuka umuco nyarwanda.
Hari ibinyamakuru bivuga ko bashobora kuba bakoze ubukwe kubera Nina Rose atwite nkuko akenshi abakobwa bashyira pressure kubahungu iyo babateye inda ugasanga kubera kutitegura neza bikabaviramo gushwana kuko baba babikoze batiteguye neza barwana no kugirango umukobwa bitazavugwa ko yabyariye iwabo cyangwa yabyaye ikinyendaro nkuko havugwa byinshi iyo umukobwa yabyaye hadakozwe ubukwe.














Abantu benshi bamenye ubukwe bwa Nina Rose na Daddy Andre bibatunguye ariko abenshi bishimiye kubona Nina akoze ubukwe akajyana umugabo we mu babyeyi kuko hari abahanzi benshi babakobwa babuze abagabo abandi bakaba barabyaye badakoze ubukwe ariko kuba we yabishoboye akaba yakoze ikintu kiza cyane.
Noella
4,675 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply