Kubera twitter ya Trump yandikiye Umwami wa Saudi Arabia yatumye hafungwa umuherwe ukomeye cyane n’uwahoze ari Minisitiri n’umusirikare ukomeye
— November 7, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka muri Saudi Arabia aravuga ko Igikomangoma (Prences)n’umuherwe ukomeye cyane ndetse ariwe wakiriye Perezida Trump ubwo aherutse gusura icyo gihugu akaba yafotowe aryamye kuri matora hasi ndetse yiyoroshe ikirangiti.
Abafashwe kubera itegeko ry’Umwami mushya uherutse kwimukwa aho yategetse ko abafshwe bafungwa kubera kubakurikiranaho icyaha cya ruswa.
Mu bafashwe harimo Prince Al-Waleed bin Tawal,ufite imitungo ibarirwa muri Miliyari $18 ndetse akaba afite imigabane muri twitter no muri Lyft na Citigroup.
Abafunzwe n’Umwami uherutse kwimikwa Prince Mohammed bin Salman nibo bari abantu bafatwagwa nk’abahanga mu Bwami bwa Saudi ariko Umwami mushya akaba yategetse ko bafatwa kubera itegeko ryo kurwanya ruswa muri icyo gihugu.


Military man: Prince Miteb bin Abdullah

Nasser bin Aqeel al-Tayyar






Amakuru yanditswe mu bitangazamakuru bitandukanye yagaragazaga ko gufungwa kw’aba bantu ari uruhare rw’America kubera ko uyu muherwe Prince Al-Waleed ari umwe mu barwanyije Perezida Trump ubwo yiyamamazaga.Ubu aba baherwe harimo n’Igikomangoma bafungiwe muri hotel y’inyenyeri 5 ariyo yakoreshejwe kwakira inama y’ubucuruzi ubwo Perezida Trump yasuraga icyo gihugu.
Birashoboka ko ari uruhare rw’Amerika mu gufunga aba baherwe n’abayobozi kubera ko Umwami mushya Prince Mohammed bin Salman ariwe wasimbuye abafunzwe.
Abakurikirana ibya politiki bavuga ko iki gihugu kubera ubukire na petelori gifite Amerika ishobora kugisenya kubera bamwe mu baherwe baho barwanya inyungu z’Amarika muri icyo gihugu kikamera nka Libiya uko bayigenje.
3,131 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply