Shampiyona yo mu Bwongereza yatangiye ariko umutoza wa Arsenal yari agiye kurwara umutima kubera Leicester yari ifite 3 kuri 2
— August 11, 2017
Please enter banners and links.

Uyu munsi kuwa gatanu tariki 11 Kanama 2017 nibwo Shampiyona yo mu Bwongereza yatangiye habanza Arsenal na Leicester City ariko umutoza wa Arsenal Wenger yari hafi gutwarwa mu bitaro kubera igitutu ikipe ya Leicester City yari yashyize kuri Arsenal.
Ikipe ya Arsenal niyo yabanje gutsinda igitego mu minota 10 gusa ikipe ya Leicester yari imaze kwishyura ndetse itsinda n’icya kabiri igice cya mbere kirangira ikipe zombi zinganya ibitego 2-2.
Igitego cya mbere cya Arsenal cyatsinzwe na Lagasette ndetse rutahizamu wa Leicester Vardy akaba ariwe watsindiye 2 bya Leicester.

rsene Wenger umutoza wa Arsenal ameze nkufashwe n’indwara y’umutima

Vardy warwaje Wenger umutima


Igice cya 2 cyatangiye ikipe ya Leicester itsinda igitego cya 3 rutahizamu Vardy atsindisha umutwe maze umutoza Wenger aho yari yicaye yagaragaye asa nubabara mu nda ndetse ahumirije nk’umuntu ubabajwe n’icyo gitego ariko yaje gusimbuza yinjiza mu kibuga Theo Warcott na Giroud na Ramsey bahinduye umukino ikipe ya Arsenal yotsa igitutu ikipe ya Leicester ku buryo umukino urangiye ari ibitego 4 bya Arsenal kuri 3 bya Leicester ariko abantu batangira kuvuga ko Arsenal itari ifite Sanchez itazaza muri 4 za mbere nkuko ubushize byayigendekeye.
Umusi w’ejo andi makipe yo mu Bwongereza azakina Liverpool FC ikaba izakina saa saba n’iminota 45 hakurikireho andi makipe nka Man City ,Chelsea n’andi makipe atandukanye.
Ndayambaje F
2,687 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply