Diane Rwigara wangiwe kuba umukandida mu matora y’umukuru w’Igihugu agiye kugirana ikiganiro n’abanyamakuru
— July 13, 2017
Please enter banners and links.

Uyu munsi kuwa 13 Nyakanga 2017 abanyamakuru batumiwe mu kiganiro Diane Rwigara wangiwe kuba umukandida na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kubera atari yujuje ibyangombwa ,ejo saa yine za mugitondo akazagirana ikiganiro n’abanyamakuru.
Iki kiganiro nkuko itangazo ryohererejwe abanyamakuru giteganyijwe ejo Kuwa 14 Nyakanga 2017 I Nyamirambo aho asanzwe ahurira n’anbanyamakuru saa yine za mugitondo.
Ntiharamenyekana ikigamijwe no guhura n’abanyamakuru ariko biravugwa ko ashobora kuba ashaka kubwira itangazamakuru ibijyanye no kwangirwa kuba umukandida mu bahatanira kuba Perezida w’Igihugu.
Ikiganiro cye kizaba umunsi w’ejo ubwo gahunda y’abakandida biyamamariza kuba Perezida izaba itangiye.Ikinyamakuru Umusingi cyagerageje kubaza Diane Rwigara mbere y’uko ikiganira yateguye n’abanyamakuru kiba impamvu yatumije abanyamakuru ariko atitaba Telephone ye.
2,665 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply