Diane Rwigara wangiwe kuba umukandida mu matora y’umukuru w’Igihugu agiye kugirana ikiganiro n’abanyamakuru
— July 13, 2017
Please enter banners and links.

Uyu munsi kuwa 13 Nyakanga 2017 abanyamakuru batumiwe mu kiganiro Diane Rwigara wangiwe kuba umukandida na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kubera atari yujuje ibyangombwa ,ejo saa yine za mugitondo akazagirana ikiganiro n’abanyamakuru.
Iki kiganiro nkuko itangazo ryohererejwe abanyamakuru giteganyijwe ejo Kuwa 14 Nyakanga 2017 I Nyamirambo aho asanzwe ahurira n’anbanyamakuru saa yine za mugitondo.
Ntiharamenyekana ikigamijwe no guhura n’abanyamakuru ariko biravugwa ko ashobora kuba ashaka kubwira itangazamakuru ibijyanye no kwangirwa kuba umukandida mu bahatanira kuba Perezida w’Igihugu.
Ikiganiro cye kizaba umunsi w’ejo ubwo gahunda y’abakandida biyamamariza kuba Perezida izaba itangiye.Ikinyamakuru Umusingi cyagerageje kubaza Diane Rwigara mbere y’uko ikiganira yateguye n’abanyamakuru kiba impamvu yatumije abanyamakuru ariko atitaba Telephone ye.
2,713 total views, 1 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply