Kayibanda usetsa abantu yaguye mu bajura baramukubita bamukomeretsa mu mutwe arembeye mu bitaro bya Nsabya
— July 12, 2017
Please enter banners and links.

Umunyarwenya uzwi cyane ku izina rya Kayibanda ubu ari mu bitaro bya Nsambya mu gihugu cya Uganda aho ku munsi w’ejo Kuwa 11 Nyakanga 2017 yaguye mu bajura bakamukubita bamukomeretsa mu mutwe.
Amakuru agera ku kinyamakuru Umusingi aravuga ko yakomerekejwe cyane mu mutwe ndetse akaba atabasha kuvuga.
Kayibanda yavuga iwe mu rugo ajya ku kazi ke akora kuri radio ya Bukedde ageze mu nzira imodoka ye yo mu bwoko bwa Mark II ishiramo esanse avuyemo kugirango ashake uwo atuma kumugurira iyo esanse nibwo abajura bahise bamusanga aho yarari batangira kumukubita bamukomeretsa igikanu no mu mutwe.Abajura bamwambuye Telephone ze ndetse n’amafaranga yari afite yose barayatwara.
Umugiraneza w’umumotari niwe wamutabaye amusanze aho abajura bamukubitiye amujyana kwa muganga aho umugore we witwa Ronina Nakalanzi yamusanze ubu akaba ariwe umurwaje.
Dr. Sam Mpagi niwe muganga wabanje kuvura Kayibanda avuga ko Kayibanda aza gukira kuko ibikomere yatewe bitageze ku bwonko.
Kayibanda akunze kumvikana cyane mu Rwanda yamamaza ibicuruzwa bimwe na bimwe kuri radio Flash FM ndetse akaba azwiho kuvuga ikinyarwanda kivanzemo ikigande.
Muhungu John –Kampala
2,847 total views, 1 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply