Diane Rwigara yahuye na Ambasaderi w’Amerika mu Rwanda ibyaganiriweho biracyari ibanga
— June 30, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru agera ku kinyamakuru Umusingi aravuga ko Diane Rwigara uherutse kutaza ku rutonde rwabemerewe kuba Perezida kandi yaravuze ko yatanze ibyangombwa byose yahuye na Ambasaderi w’Amerika mu Rwanda.
Ambasaderi w’Amerika mu Rwanda Erica Ruggle yatangaje ku rubuga rwe rwa twitter ko yishimiye guhura no kumva Diane Rwigara ushaka kuba Perezida w’uRwanda.
Abantu batandukanye ku mbuga nkoranya mbaga nka twitter na Facebook bakaba barimo kwibaza icyo abo bombi baganiragaho n’ubwo bombi nta uratangaza ibyo baganiriye.
N’ubwo Ikinyamakuru Umusingi cyamenye ayo makuru hari makuru ko uyu munsi Kuwa 30 Kamena 2017 Diane Rwigara ari bugirane ikiganiro n’abanyamakuru aho Ikinyamakuru Umusingi kiribubone akanya ko kumubaza ibyo yaba yaganiriye na Ambasaderi w’Amerika mu Rwanda Erica Ruggle.
Inkuru irambuye tukaza kuyibagezaho nyuma y’ikiganiro Diane Rwigara ari bugirane n’abanyamakuru I Nyamirambo.
Gatera Stanley
3,152 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply