Abakinnyi baseze ku murambo wa Cheick Tiote mu marira menshi
— June 15, 2017
Please enter banners and links.

Abakinnyi batandukanye basezeye ku murambo wa Nyakwigendera Cheick Tiote mu marira menshi nyuma yo kuriza indege umurambo ukajya gushyingurwa muri Ivory Coast.
Umwe mu nshuti za Nyakwigendera witwa Papiss Cisse wagaragaye arira cyane nk’umwana muto ndetse bakaba barakinanye mu ikipe ya Newcastle United ariko ubu Nyakwigendera akaba yakiniraga mu gihugu cy’Ubushinwa.






uhereye iburyo niwe Nyakwigendera Cheick Tiote

Reba amafoto .Uyu mukinnyi yaguye mu kibuga ari mu myitozo kugeza ubu hakaba hataramenyekana icyo yazize n’ubwo havugwa byinshi birimo uburozi ariko abandi bakaba bavuga ko abakinnyi benshi bamaze kugwa mu kibuga bakina.
Umwana wa Nyakwigendera akaba yatumye abantu benshi bongera kurira ubwo yaje ashaka se yambaye umwambaro uriho nimero se yambaraga mu kibuga.
2,838 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply