Abakobwa 9000 badafite SIDA bagiye kujya bahembwa buri kwezi
— June 8, 2017
Please enter banners and links.

Ikigo cya Croux rouge cyo mu gihugu cya Kenya cyashyizeho gahunda yo kujya bahemba abakobwa badafite SIDA buri kwezi bakaba bagiye guhera ku bihumbi icyenda.
Iki gitekerezo kigiye gushyirwa mu bikorwa bahereye ku bakobwa baba Turkana kuko bivugwa ko ariho hari abakobwa benshi bafite SIDA kandi ariho havugwa ubukene cyane butera bamwe mu bakobwa kwishora mu busambanyi kandi budakingiye.
Ikinyamakuru cyo muri Kenya kivuga ko UNAIDS yakoze ubushakashatsi mu mwaka wa 2016 isanga urubyiruko rw’abakobwa bari hagati y’imyaka 15-24 bafite ubwandu bushya bwa SIDA ari 21% ikaba ariyo mpamvu Croux rouge yashyizeho ubu buryo kugirango bifashe abakobwa kwirinda SIDA nkuko bivugwa na Josphat Nanok Guverineri wo muri Turkana.
Uhagarariye Croux Rouge muri Kenya witwa Abshiro Haleke yagize ati “buri mukobwa tuzasanga adafite ubwandu bwa SIDA azajya ahembwa ibihumbi bibiri (2000Kshs)buri kwezi bizatuma akomeza kwirinda kugirango akomeza ahembwe ayo mafaranga kandi tuzajya dukomeza kubahugura bizafasha n’abandi kwipimisha bashaka kumenya ko ari bazima kugirango nabo bajye bahembwa kandi bizatuma urubyiruko rutishora mu husambanyi kugirango bajye bahembwa kandi UNAIDS izabidushamo kuko yamaze kubyemera”.
Muhungu John
2,955 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply