APR FC itsindiwe muri Swaziland 1-0
— February 14, 2016
Please enter banners and links.

Kuwa 14 Gashyantare 2016 umunsi w’abakundanye ikipe ya Mbabane Swallows yo muri Swaziland itsinze APR FC Igitego 1-0 mu mukino ubanza wa CAF Champions League wabereye i Mbabane.
Igitego rukumbi cyabonetse muri uyu mukino ku munota wa 24 gitsinzwe na Wilson.
Bamwe mu bakinnyi b’ikipe ya APR FC iyo batsinda bari kwizihiza uyu munsi neza n’abakunzi babo dore ko bakiri abasore bageze mu myaka aho urukundo ruryohera.
Umukino wo kwishyura uzabera i Kigali mu byumweru bibiri biri imbere .
Abakinnyi 11 ba APR FC babanje mu kibuga:
Kwizera Olivier, Rutanga Eric, Emery Bayisenge, Abdoul Rwatubyaye, Ngabo Albert, Yannick Mukunzi, Titi Tumaini Ntamuhanga, Butera Andrew, Janvier Benedata, Iranzi Jean Claude, Ndahinduka Michel.
Ikipe ya APR n’ubwo itsinzwe igitego kimwe ku busa ifite amahirwe menshi yo gutsindira I Kigali byibuze igatsinda ibitego 2 ku busa cyangwa 3 kuri kimwe kandi birashoboka kuko izaba iri iwayo ,ifite abafana ku kibuga cyayo.
Muhungu John
3,666 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply