Arsenal yatsinze Leicester City biyigoye cyane ,Liverpool itsinda Aston Villa 6-0
— February 14, 2016
Please enter banners and links.

Ikipe ya Leicester City yari yasuye Arsenal maze ibanza kuyigora ndetse itsinda igitego cya mbere abantu bati ya kipe izatwara igikombe ariko byaje guhinduka ubwo umukinnyi wa Leicester City yahabwa ikarita y’umutuku maze Arsenal irayataka ku munota wa nyuma nibwo Welback yatsinze igitego cya 2 cya Arsenal .

Daniel Sturridge
Bamwe mu bafana ba Arsenal bati penalite yahawe Leicester City ntiyariyo abandi batafanaga Arsenal bati yariyo .
Ikipe ya Arsenal yarushwaga na Leicester City amanota 5 iyo itsindwa yari kuyirusha amanota 8 ariko ubu isigaye iyurusha 2 gusa .

Diego Costa
N’ubwo Leicester City yatsinzwe iracyayoboye urutonde n’amanota 53 Arsenal ikaba iya 2 n’amanota 51.
Mu yindi mikino ikipe ya Chelsea yaraye inyagiye Newcastle United ibitego 5 ku busa ikaba yazamutse ku mwanya wa 13 ijya kuwa 12.Ikipe ya Man United nayo yatsinzwe na Sunderland ibitego 2 kuri 1 iguma ku mwanya wa 5 n’amanota 41 irusha Liverpool amanota 3 gusa.
Liverpool uyu munsi ikaba yari yasuye Aston Villa iyitsinda ibitego 6 ku busa.Umukino wa Liverpool itsinda Aston Villa watangaje abantu ku buryo bagiye bavuga ngo kubona na Habibu Kolo Toure nawe itsinda igitego ?.
Ikipe ya Liverpool imaze kugarura abakinnyi bayo benshi bari mu mvune nka Sturridge watsinze igitego cya mbere ,Coutinho nawe yagarutse ,Origi ,bikaba bivugwa ko ishobora kongera kugora amakipe iyatsinda.

Roony
Ubwo twandikaga iyi nkuru hakinwaga umukino wahuzaga ikipe ya Man City na Tottenham Hotspur byari ku munota w’umukino wa 70 ari igitego kimwe cya Tottenham Hotspur ku busa bwa Man City.
Ariko muri Shampiyona y’uBwongereza biracyakomeye kuko ntiharamenyekana ikipe izatwara igikombe kuko usanga zirushanwaho inota rimwe cyangwa 2 ndetse hari n’izinganya amanota .
Muhungu John
2,887 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply