Sayinzoga wari Umuyobozi wa Komisiyo ya Demobilisation yitabye Imana
— April 16, 2017
Please enter banners and links.

Kuri iki cyumweru tariki ya 16 Mata 2017 Sayinzoga Jean wari Umuyobozi wa Komisiyo ishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero yitabye Imana .
Amakuru aturuka mu bantu b’inshuti z’umuryango aravuga ko Sayinzoga yaguye mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, azize indwara.
Kugeza ubu ntiharamenyekana indwara yazize iyo ari yo kuko ngo yakoraga akazi ke nk’uko bisanzwe.
Yari umusaza wakundwaga n’abantu benshi ndetse yakundaga kuganira n’abantu akabasetsa cyane haba no mukazi no mubuzima busanzwe .Imana imuhe iruhuko ridashira
2,971 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply