Sayinzoga wari Umuyobozi wa Komisiyo ya Demobilisation yitabye Imana
— April 16, 2017
Please enter banners and links.

Kuri iki cyumweru tariki ya 16 Mata 2017 Sayinzoga Jean wari Umuyobozi wa Komisiyo ishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero yitabye Imana .
Amakuru aturuka mu bantu b’inshuti z’umuryango aravuga ko Sayinzoga yaguye mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, azize indwara.
Kugeza ubu ntiharamenyekana indwara yazize iyo ari yo kuko ngo yakoraga akazi ke nk’uko bisanzwe.
Yari umusaza wakundwaga n’abantu benshi ndetse yakundaga kuganira n’abantu akabasetsa cyane haba no mukazi no mubuzima busanzwe .Imana imuhe iruhuko ridashira
2,935 total views, 1 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply