Breaking News:Gereza ya Kimironko nayo yibasiwe n’inkongi yumuriro, humvikana n’urusaku rw’amasasu
— March 31, 2017
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Werurwe 2017 Gereza ya kimironko yafashwe n’inkongi y’umuriro mu nkuko byemejwe n’Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Amagereza Sengabo Hillary.
Yabwiye itangazamakuru ko ari munzira ajyayo inkomoko y’inkongi ati “ Ndi mu nzira njyayo bishobora kuba byatewe n’uko yari ishaje.”
9:40: Imodoka enye zizimya inkongi nizo zihari, eshatu ziri ku muhanda indi imwe iri muri gereza imbere. Abaturage bigijwe kure, abari hafi yayo ni abanyamakuru gusa. Abagororwa bashyizwe mu cyumba kimwe, umuntu uri hanze ari kubona bari kurebera mu madirishya.
Iyi gereza ifashwe n’inkongi nyuma y’amezi atatu n’iminsi itandatu, indi izwi nka 1930 mu Mujyi rwa gati ifashwe n’inkongi yatewe n’insinga z’amashanyarazi zari zishaje.
Ni ikibazo cyatumye inzego zose z’umutekano zitabara, guhera ku ngabo z’igihugu, polisi n’abacungagereza.
Abantu baribaza nyuma ya gereza izwi nka 1930 gushya n’iya Kimironko ko hashobora kuba hari ikibyihishe inyuma n’ubwo hataremezwa neza igitera izi nkongi zibasiye amagereza.Turacyakurikirana amakuru nyayo turibubagezeho nyuma yo kumva ibyo inzego zitandukanye ziri butangaze.
2,747 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply