umu amakuru- Menya ibivugwa mu rugendo Perezida Kagame yagiriye mu gihugu cy’UBushinwa | Umusingi

9-421-e696cMenya ibivugwa mu rugendo Perezida Kagame yagiriye mu gihugu cy’UBushinwa

Please enter banners and links.

9-421-e696c

Perezida Kagame uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Bushinwa, yakiriwe na mugenzi Xi Jinping uyobora iki gihugu, mu 2013 cyabarirwaga umusaruro mbumbe wa miliyari ibihumbi 9.24 z’amadolari.

Perezida Jinping yakiriye Perezida Kagame na Madamu ari kumwe n’umugore we Peng Liyuan. Ibiganiro by’aba bombi byabereye mu nyubako ‘Great Hall of the People’.

Haraganirwa ku bijyanye n’ishoramari mu Rwanda ku buryo Paradizo bajya bavuga cyangwa Singapore Kagame izayigeraho.

Ubu abarwanya u Rwanda batangiye kubura ibyo banenga ubutegetsi bwa Perezida Kagame kuko igihugu gitera imbere umunsi ku wundi kubera imiyoborere myiza ya Perezida Kagame.

16-199-21a48

3-1141-0ca77

1-1511-4bac2

Perezida Kagame na Xi Jinping n’abafasha babo

Umwe mubo twaganiriye utarashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati “abarwanya ubutegetsi bwa Perezida Kagame basigaye Babura icyo babunenga ,imihanda myiza mu gihugu hose ,amazi meza ,amashuri ,amashanyarazi ubwose se umuyoozi mwiza nk’uyu bamukurahe ko ari Imana nyagasani yamutwihereye”.

13-284-b5542

Perezida Kagame ahageze aho yakiriwe mu modoka nziza cyane

18-158-1b1cc

14-256-2aa1b

Ese ko uwanenga ya nenga nka Uganda igihugu cyuzuyemo ba mafia birirwa bica abantu ,imihanda yarabananiye kuyikora ariko mu Rwanda ibyaro byose imihanda irakoze kandi imodoka zigera hose.

Hari abatangiye kuvuga ko Perezida Kagame agiye kuzana Abashinwa bakubaka imihanda yo mukirere nk’iba mu gihugu cy’Ubushinwa mu rwego rwo guca akajagari mu mujyi wa Kigali ufite icyerekezo.

15-226-2889b

16-199-21a48

Amakuru Ikinyamakuru gikesha abakunzi bacyo baba mu gihugu cy’Ubushinwa aravuga ko aba Perezida bombi baganiriye uburyo imibanire y’ibihugu byombi yakwiyongera ndetse Ubushinwa bukaba bwiyemeje gushyigira u Rwanda muri gahunda ziterambere zitandukanye.

Baganiriye ku bukerarugendo uburyo bwatezwa imbere mu Rwanda ,kubaka inganda nyinshi ,ubuhinzi n’ubworozi bugezweho n’umutekano n’ibindi byinshi.

Ibi n’ibimwe muri byinshi Perezida Kagame akorera abanyarwanda kugirango igihugu cyabo gitere imbere ndetse nabo babeho neza.

Ndayambaje F

2,559 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.