Abakinnyi ba Liverpool Sturridge na Coutinho barakina umukino ubahuza na West Ham
— February 9, 2016
Please enter banners and links.

Umutoza wa Liverpool fc Klopp yatangarije itangazamakuru ko abakinnyi ba kizigenza barimo rutahizamo Daniel Sturridge na Coutinho bari butangire mu bakinnyi 11 bari bubanze mu kibuga mu mukino uhuza Liverpool na West Ham wa FA.

Umukino ubanza izi kipe zombie zari zanganyije ubusa ku busa kuko muri iki gikombe ikipe iyo zinganyije zisubiramo uwo mukino.
Ikipe ya Liverpool ikaba yarakomeje guhura n’ibibazo byo kuvunikisha abakinnyi kandi bakomeye nka Sturridge akaba yaramaze igihe kirekire ari mu mvune ndetse abandi barimo Coutinho nawe wari uhetse ikipe ya Liverpool ubu bombi na Origi akaba yarakize bose bari bukine uyu mukino.
Umukino uherutse Liverpool yakinnye muri Shampiyona ikaba yaranganyije na Sunderland ibitego 2 kuri 2 ariko Liverpool ikaba ariyo yabanje gutsinda 2 kubusa ku munota wa 85 nibwo Sunderland yabonye igitego cya mbere nyuma y’iminota 5 iba yishyushye ikindi biba 2-2.
Umukino umutoza Klopp atagaragayemo kubera yari yajyanywe mu bitaro kumubaga indwara y’uruhu yari arwaye ariko umukino w’uyumunsi nkuko igitangazamakuru Reuters cyo mu Bwongereza kibitangaza ari bube ahari atoza ikipe ye .
Ikipe ya Liverpool ikaba ishobora gusubira kugora amakipe iyatsinda kuko yari yatangiye neza itsinda ariko ivunikisha abakinnyi benshi cyane bagera kuri 11.
Muhungu John
3,443 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply