Abakinnyi ba Liverpool Sturridge na Coutinho barakina umukino ubahuza na West Ham
— February 9, 2016
Please enter banners and links.

Umutoza wa Liverpool fc Klopp yatangarije itangazamakuru ko abakinnyi ba kizigenza barimo rutahizamo Daniel Sturridge na Coutinho bari butangire mu bakinnyi 11 bari bubanze mu kibuga mu mukino uhuza Liverpool na West Ham wa FA.

Umukino ubanza izi kipe zombie zari zanganyije ubusa ku busa kuko muri iki gikombe ikipe iyo zinganyije zisubiramo uwo mukino.
Ikipe ya Liverpool ikaba yarakomeje guhura n’ibibazo byo kuvunikisha abakinnyi kandi bakomeye nka Sturridge akaba yaramaze igihe kirekire ari mu mvune ndetse abandi barimo Coutinho nawe wari uhetse ikipe ya Liverpool ubu bombi na Origi akaba yarakize bose bari bukine uyu mukino.
Umukino uherutse Liverpool yakinnye muri Shampiyona ikaba yaranganyije na Sunderland ibitego 2 kuri 2 ariko Liverpool ikaba ariyo yabanje gutsinda 2 kubusa ku munota wa 85 nibwo Sunderland yabonye igitego cya mbere nyuma y’iminota 5 iba yishyushye ikindi biba 2-2.
Umukino umutoza Klopp atagaragayemo kubera yari yajyanywe mu bitaro kumubaga indwara y’uruhu yari arwaye ariko umukino w’uyumunsi nkuko igitangazamakuru Reuters cyo mu Bwongereza kibitangaza ari bube ahari atoza ikipe ye .
Ikipe ya Liverpool ikaba ishobora gusubira kugora amakipe iyatsinda kuko yari yatangiye neza itsinda ariko ivunikisha abakinnyi benshi cyane bagera kuri 11.
Muhungu John
3,351 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply