Kayonza ruswa iravuza ubuhuha mu burezi 2 bari mu maboko ya polisi
— March 8, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu Karere ka Kayonza ni uko abashinzwe uburezi ku rwego rw’Akarere bari mu maboko ya polisi aho bacyekwaho ruswa.
Mu bindi bashinjwa harimo impapuro mpimbano ,itonesha n’icyenewabo nkuko bamwe mu nshuti zabo babasura babivuga ndetse bakaba bavuga ubu ko bamaze kujyanwa I Rukara.
Umwe mu bakozi b’Akarere ka Kayonza utarashatse ko amazina ye atangazwa yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko hari abantu 2 bari bakuriye uburezi mu Karere bari mu maboko ya polisi bashinjwa kurya ruswa.

Bizimana Franscois Xavier ufunzwe
Abafashwe harimo uwitwa Mugabo Charles Namara ushinzwe amashuri yisumbuye n’imyuga undi ni Bizimana Franscois Xavier umuyobozi mukuru ushinzwe uburezi.

Mugabo Charles Namara ufunzwe
Ikinyamakuru Umusingi cyashatse kubaza umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba IP Kayigi Emmanuel ariko ntiyadusubiza.
Abarimu bakomeje kujya babivuga ko Namara arya amafaranga ikigo cya New life cyohereza mu Karere yo guhemba abarimu icyo kigo cyoherezayo kwigisha abanyeshuri kuko New life ifiteyo abana ifasha kubarihirira amafaranga y’ishuri.
Gatera Stanley
2,811 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply