Uburyo abagore bishe mukuru wa Perezida wa North Korea
— March 5, 2017
Please enter banners and links.

Abagore ba 2 bigishijwe kwica abantu ku rwego rwo hejuru bahawe misiyo yo kwica Kim Jong nam mukuru wa Perezida wa North Korea Kim Jong un.
Ibitangazamakuru byavuze ko abo bakobwa bamugenzu aho yajyaga hose hanyuma mu gihe yari agiye kurira indege umwe mu bakobwa amuturuka inyuma amushyira agatambara ku mazuru karimo imiti undi nawe amutera agashinge karimo uburozi ako kanya abakobwa bahise baburirwa irengero.
Abari bahari batekereje ko Kim Jong nam n’abo bagore bari baziranye bitewe n’uburyo basuhujijanyije kandi nyakwigendera yarazwiho gukunda abagore cyane n’inzoga .
Umwe mu bagore bamwishe yari yambaye umwambaro uriho inyuguti 3 arizo LOL (Laugh out loud) ugenekereje gisobanura ngo seka cyane .

Abo bagore bakimara kuhava yatangiye gutaka umutwe ko umumereye nabi .Nta muntu wakekaga ko abo bagore bakora ubwocanyi gutyo ariko nyuma yaho nyakwigendera ashiriyemo umwuka nibwo Camera zo ku kibuga cy’indege cya Kuala Lumpur International Airport zirekanye burira ikamodoka bahunga.
Kim yari agiye kurira indege agiye Macau urugendo rw’amasaha 4 mu ndege ,akaba yarasubiye iyo yahungiye nyuma yo kumenya ko se umubyara yashakaga kumwica.

Kim Jong Nam n’umwana wa Nyakwigendera Kim Jong il ,uyu akaba ariwe wari Perezida wa Nort Korea wabaye Perezida asimbuye se ,uyu muryango uyoboye iki gihugu imyaka myinshi cyane basimburanwa guhera mu 1940.Uyu muryango wishyiriyeho amategeko ko umugabo ukoze icyaha bahana sekuru na sekuruza we iyo ariho .
Iyo Perezida avuga ijambo abayobozi bakomeye baba bamwegereye bose baba bagomba kwandika buri jambo avuze ,naho Perezida Kim Jong un aherutse kwica mubyara we amuziza ko atamugira inama nziza.
Kim Jong un niwe watumye mukuru we ahunga akajya muri North Korea kubera kutumvikana kubera yari azi ko se ariwe yabyaye mbere ariwe mukuru gusa asanga yarabyaye undi mwana ariko yaramuhishe ariwe nyakwigendera.
Se yamwohereje I Burayi kwigirayo ariko agarutse umuvandimwe we ubu ariwe Perezida Kim Jong un atangira gukeka ko ashobora kumukura ku ntebe y’ubuperezida atangira kumurwanya undi ahungira muri North Korea aho yamuteje abagore bamutera agashinge karimo uburozi arapfa.
Ndayambaje F
2,611 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply