Miss Shanel agiye kwibaruka undi mwana">
Miss Shanel agiye kwibaruka undi mwana
— February 2, 2017
Please enter banners and links.

Nirere Ruth, umuhanzikazi w’umunyarwandakazi uzwi nka Miss Shanel, yerekanye ko atwite inda nkuru ndetse ko yitegura kwibaruka umwana we wa kabiri nyuma y’umwaka n’amezi macye yibarutse imfura. Ibi yabigaragaje agaragaza n’inda ye bigaragara ko akuriwe azabyara mu gihe cya vuba.
Mu butumwa yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa facebook, Miss Shanel yatangarije abakunzi be ko amaze igihe mu kiruhuko cy’ababyeyi ariko abantu bakaba bakwiye kwitegura indirimbo ye nshya amaze igihe ahugiyeho, izasohoka mu minsi iri imbere, byumvikana ko ari nyuma yo kubyara. Aha ninaho Miss Shanel yagaragaje inda ye bigaragara ko akuriwe yenda kubyara.
Nirere Shanel n’umugabo we Guillaume Favier bari bibarutse umwana w’umukobwa tariki 3 Nzeri 2015, uwo mwana bakaba baranamuhaye amazina akubiyemo ay’ababyeyi bombi, dore ko yitwa Sana Eliane Favier Nirere.
2,911 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply