Umuhanzi The Ben uri mu Rwanda arimo gukora insimburagifungo
— January 18, 2017
Please enter banners and links.

Umuhanzi The Ben ubarizwa muri America ubu ari mu Rwanda aho bivugwa ko ashobora gusubirayo muri America arangije imirimo nsimburagifungo.Yagiye muri America atorotse igihugu nyuma y’imyaka 6 akaba agarutse mu Rwanda ariko abantu bakaba bibaza uburyo azasubirayo cyangwa ko Leta ishobora kumufata kuko yagiye muri America agezeyo arihisha agumayo gutyo kandi yaragombaga kugaruka.
We na mugenzi we Meddy bombi batorokeye icya rimwe bisubiza inyuma umuziki Nyarwanda.
Bamwe mu baganiriye n’Ikinyamakuru Umusingi batifuje ko amazina yabo atangazwa bavuze ko The Ben ashobora kuzasubirayo arangije gukora imirimo nsimburagifungo azakora abinyujije mu bitaramo bitandukanye .
Ikinyamakuru Umusingi amakuru akigeraho yizewe ni uko The Ben yari yashyizeho amabwiriza ku bashakaga kumuzana mu Rwanda ko babanza bakamwemeza ko nta kibazo azagira aramutse aje mu Rwanda kuko yatinyaga ko ashobora kuza bakamufata kuko yagiye atorotse.



Ikindi ngo ni uko yasabye ko bamuha amafaranga angana nayo bahaye umuhanzi Diamond wo muri Tanzania ubwo ahaeruka kuzanwa mu Rwanda.


The Ben ari kumwe na Bull Dog
Igihano nsimburagifungo bivugwa ni uko atasaba amafaranga menshi nkayo bahaye Diamond kandi bakamukoresha n’ibindi bitaramo kuko nawe batumye agaruka ahura n’umuryango we ndetse avuga ko amaranye agahinda ku mutima imyaka 6 yose akaba yaragakize kubera abamuzanye ariyo mpamvu bagomba kumukoresha bakamwungukamo.
Nta mananiza akwiye gushyira ku bamuzanye yo gusaba amafaranga nkayo bahaye Diamond bityo bakamuha amukwiye kandi akaba abonye uko azajya aza ntacyo yikanga aho ashakiye kuko ubundi yahoraga avuga ko agiye kuza bikarangira atinye kuza atekereza ko ashobora kuza Leta ikamufata ariko ubu azajya aza aho ashakiye asure n’umuryango we.
The Ben hari benshi bamwumvise kuri radio avuga nabi ikinyarwanda aho avuga ko amaze kukibagirwa bituma abantu benshi bamunenga ubwirasi no kwiyemera .
Twabigereranije n’umugande wari umaze imyaka irenga 30 mu mahanga atarasubira muri Uganda n’umunsi n’umwe yaragiye afite imyaka 8 ariko yagarutse muri Uganda muri 2016 avuga ikigande neza naho The Ben we yagiye ari umugabo nta myaka iragera 10 amazeyo noe ngo ikinyarwanda amaze kukibagirwa.
Noella
2,914 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply