Umuhanzi The Ben uri mu Rwanda arimo gukora insimburagifungo
— January 18, 2017
Please enter banners and links.

Umuhanzi The Ben ubarizwa muri America ubu ari mu Rwanda aho bivugwa ko ashobora gusubirayo muri America arangije imirimo nsimburagifungo.Yagiye muri America atorotse igihugu nyuma y’imyaka 6 akaba agarutse mu Rwanda ariko abantu bakaba bibaza uburyo azasubirayo cyangwa ko Leta ishobora kumufata kuko yagiye muri America agezeyo arihisha agumayo gutyo kandi yaragombaga kugaruka.
We na mugenzi we Meddy bombi batorokeye icya rimwe bisubiza inyuma umuziki Nyarwanda.
Bamwe mu baganiriye n’Ikinyamakuru Umusingi batifuje ko amazina yabo atangazwa bavuze ko The Ben ashobora kuzasubirayo arangije gukora imirimo nsimburagifungo azakora abinyujije mu bitaramo bitandukanye .
Ikinyamakuru Umusingi amakuru akigeraho yizewe ni uko The Ben yari yashyizeho amabwiriza ku bashakaga kumuzana mu Rwanda ko babanza bakamwemeza ko nta kibazo azagira aramutse aje mu Rwanda kuko yatinyaga ko ashobora kuza bakamufata kuko yagiye atorotse.



Ikindi ngo ni uko yasabye ko bamuha amafaranga angana nayo bahaye umuhanzi Diamond wo muri Tanzania ubwo ahaeruka kuzanwa mu Rwanda.


The Ben ari kumwe na Bull Dog
Igihano nsimburagifungo bivugwa ni uko atasaba amafaranga menshi nkayo bahaye Diamond kandi bakamukoresha n’ibindi bitaramo kuko nawe batumye agaruka ahura n’umuryango we ndetse avuga ko amaranye agahinda ku mutima imyaka 6 yose akaba yaragakize kubera abamuzanye ariyo mpamvu bagomba kumukoresha bakamwungukamo.
Nta mananiza akwiye gushyira ku bamuzanye yo gusaba amafaranga nkayo bahaye Diamond bityo bakamuha amukwiye kandi akaba abonye uko azajya aza ntacyo yikanga aho ashakiye kuko ubundi yahoraga avuga ko agiye kuza bikarangira atinye kuza atekereza ko ashobora kuza Leta ikamufata ariko ubu azajya aza aho ashakiye asure n’umuryango we.
The Ben hari benshi bamwumvise kuri radio avuga nabi ikinyarwanda aho avuga ko amaze kukibagirwa bituma abantu benshi bamunenga ubwirasi no kwiyemera .
Twabigereranije n’umugande wari umaze imyaka irenga 30 mu mahanga atarasubira muri Uganda n’umunsi n’umwe yaragiye afite imyaka 8 ariko yagarutse muri Uganda muri 2016 avuga ikigande neza naho The Ben we yagiye ari umugabo nta myaka iragera 10 amazeyo noe ngo ikinyarwanda amaze kukibagirwa.
Noella
2,818 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply