Impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’abantu 4 abandi barakomereka
— October 30, 2016
Please enter banners and links.

Kuri iki Cyumweru tariki 30 Ukwakira 2016, impanuka ikomeye y’imodoka yabereye mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, ihitanye ubuzima bw’abantu 4 abandi barakomereka.
Amakuru y’iyi mpanuka yemejwe na CIP Emmanuel Kabanda, umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda,Mutumwa yatangarije Abanyamakuru yavuze ko iyi mpanuka yabaye ahagana saa tanu za mugitondo cyo kuri iki Cyumweru, abantu 4 bagapfa abandi 4 bagakomereka.
CIP Emmanuel Kabanda avuga ko impanuka yabereye mu mudugudu wa Bisenga, mu kagari ka Bisenga, mu murenge wa Rusororo wo mu karere ka Gasabo, mu mujyi wa Kigali, aho bakunda kwita ku Cyagakwerere.
Imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Everest ifite ibirango RAB 447 T yari itwawe na Nzaramba François, yataye umuhanda igonga abanyamaguru 4 bahita bapfa, abandi 2 barakometeka.
Imodoka kandi yari irimo abantu 6, babiri muri bo harimo n’uwari utwaye bakomeretse abandi 4 bavamo ntacyo babaye.
Impamvu yatumye irenga umuhanda ntiramenyekana, iperereza ryatangiye gukorwa.
Umusingi1@gmail.com
2,778 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply