Impanuka ikomeye ihitanye 3
— August 9, 2016
Please enter banners and links.

Muri uyu mugoroba habaye impanuka ikomeye ihitana 3 bari mu modoka yerekezaga Kampala muri Uganda.
Uyu munsi Kuwa 9 Kanama 2016 ku muhanda uva Masaka ujya Kampala habereye impanuka ikomeye yahitanye abantu 3 abandi barakomereka bikabije.
Uyu muhanda ukunze kubaho impanuka kenshi hakaba hari indi iherutse aho Bus ya Jaguar na Volcano zagonganye ndetse n’ikamyo nayo ikaza ikazigonga ndetse hagapfira n’uwari ukuriye Polisi muri ako gace n’izindi mpanuka nyinshi kuburyo uyu muhanda umaze guhangayikisha abagenzi benshi.
Abaturage bakaba basaba Leta ya Uganda gushakira umuti ikibazo cy’uyu muhanda vuba na bwangu kuko abamaze kuwugwamo ari benshi cyane.




Iyi mpanuka yuyu munsi ikamyo ikaba yagonganye n’indi modoka ntoya abantu bapfuye bari barimo irayigonga cyane bahita bapfiramo.
Abaguye muri mpanuka amazina yabo akaba ataramenyekana andi makuru yiyi mpanuka tuzayabagezaho ejo.
Ubwanditsi
3,748 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ntende Hotel ubu noneho ibahishiye byinshi, ndetse kuri ubu serivise muhabwa zongeye kunozwa hakurikijwe ibyifuzo by’abahagana,Abanyamahanga bayikundira iki?
Kigali haje Butchery igezweho izajya ibagezaho inyama nziza ,amafi n’Inkoko ndetse n’ibindi bitandukanye
Bagarirayose ashaka ko Perezida Kagame asoma iyi nkuru ku bijyanye na Hospitality
RIB yerekanye inyeshyamba 57 harimo aba Jenerali 5 bafatiwe mu mashyamba ya Congo ariko nta Jenerali wemerewe kuvuga .
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Umuherwe Rwabukamba yapfuye mu buryo buteye ubwoba
Leave a reply