Amakuru mutazi Pastor Steven uba muri Amerika yibye Laptop y’Umunyamakuru,Amaze gutandukana n’abagore 302
— April 16, 2025
Please enter banners and links.

Uyu wiyita Pastor hashize iminsi avugwa mu bitangazamakuru bitandukanye aho ashinjwa gushyira hanze amafoto n’amashusho y’urukozasoni y’abagore yagiye atereta bamwe abasaba ko bakora imibonano mpuzabitsina online.
Muri abo harimo umugore wa Nyakwigendera Pastor Theogen wakoze impanuka mu gihugu cya Uganda.
Uyu wiyita Pastor Steven ndetse yavuze ko yarumwe na Nyirabukwe ndetse yakubitiwe kwa Nyirabukwe aza gufungwa azira guhohotera nyirabukwe nkuko yabyivugiye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru.
Ibi byose mbere y’uko biba yari mu buzima bugoranye yirirwa kw’Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru aho bamushinjije kwiba Laptop bikamuviramo kuhamwirukana.
1,571 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
HARACYARI URUJIJO KU ITABWAMURI YOMBI RYA MUTONIWASE KABATAYI NDETSE NAHO YEREKEJWE
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Leave a reply