Imvra nyinshi imaze guhitana abantu 20 yangiza imyaka n’amazu muri Mbale (Amafoto)
— August 1, 2022
Please enter banners and links.

Kuwa 30 Nyakanga 2022 imvura nyinshi yaguye mu bice bitandukanye muri Uganda ariko cyane cyane yibanda mu Karere ka Mbale aho imaze guhitana abantu 20 yangiza n’imyaka y’abaturage ndetse isenya n’amazi.
Amakuru avuga ko imvura yatangiye kugwa kuwa gatandatu ijoro ryose igeza ku cyumweru mugitondo ariko kubera imisozi miremire muri ako Karere ka Mbale amazi yabaye menshi aturuka muri iyo misozi ahitana abantu n’ibintu bitandukanye birimo amazu ,imyaka yo bari barahinze ndetse n’amatungo.
Bimwe mu binyamakuru muri Uganda bivuga ko hari imodoka yarimo abantu barindwi bari bagiye mu muhango w’Ubukwe wo gusaba no gukwa bose amazi arabatwa ndetse bapfiramo.





Imodoka zatwawe n’amazi


Amatungo yishwe n’imvura

Ubutaka bwaridutse


Minisitiri w’Intebe Nabanja yageze Mbale ahabaye ibiza


Perezidante w’Inteko Ishingamategeko ya Uganda Anita Among akaba yavuze ko Inteko Ishingamategeko igiye gukora ibishoboka byose gutabara ababuze ababo ndetse nagizweho ingaruka z’Ibiza ndetse yihanganisha ababuze ababo.
Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu Nabanja akaba yazindutse kuri uyu wa mbere ajya Mbale kureba uko byifashe.
2,662 total views, 1 views today

Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
Gen Kayumba Nyamwasa yarakaye cyane nyuma yo kumva Perezida Kagame avuga uko abahungu be yabinjije mu giusirikare(Vedio)
Impamvu Gen Nyamvumba yambwiye umunyamakuru Rutareka ko ari umwanzi w’Igihugu kurusha Gen Kayumba Nyamwasa (Vedio)
Pastor Kibonge yiyahuye yitwitse kubera umugore,Sandra Teta n’umugabo we bongeye ,Umunyamakuru Kamanzi yatorokeye Uganda(Video)
Joseph Kabila yakatiwe kwicwa ibyo azira byose twabimenye n’uburyo agiye gufatwa(Video)
Abashaka I Farm,ubutak byo kugura cyangwa amazu cyangwa ugurisha dore aho wasanga ibyo ushaka byose
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umukobwa witwa Pia Pound umaze iminsi yaratwaye Eddy Kenzo umutima, abandi basore baramurwanira ariko aruta Rema ubwiza?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply