Umufana magara wa The Ben yifuza kuva mu buzima bw’Isi bahuye akamukora mu ntoki
— March 25, 2022
Please enter banners and links.

Abazungu bakunda gukora ibishoboka bakagera ku nzozi zabo cyangwa bagafasha ushaka kugera ku nzozi ze kuzegera ni nde uzafasha Mukanoheli Beatha kugera ku nzozi ze?.
Uwo ari we wese yamufasha kugera ku nzozi ze akaba yageza iyi nkuru kuri The Ben nawe akumva ko iyo umuntu ageze ku nzozi ze bimushimisha cyane kandi The Ben akwiye kubyishimira kuba hari abafana be bamukunda kugeza ku rwego bumva ahuye nabo byabashimisha cyane kugera ubwo umwe yumva bahuye akamukora mu ntoki agahita yitaba Imana.
Mukanoheli Beatha kuri uyu wa gatanu taliki 25 Werurwe 2022 yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko yifuza icyamuhuza n’umuhanzi The Ben akunda bihebuje ati “Mu mfashe The Ben amenye ko ndi umufana we kuva cyera kandi mukunda cyane nkaba nifuza kuzahura nawe nka mukora mu ntoki wenda ngahita nitaba Imana”.
Mukanoheli yakomeje avuga ko hari byinshi byatumye akunda umuhanzi The Ben birimo indirimbo ze ndetse n’umutima w’ubumuntu agira no kwicisha ubugufi hakiyongeraho ko yarambagije umukobwa w’Umunyarwandakazi w’umuco witonda kandi wicisha bugufi ariwe Pamela.

Mukanoheli Beatha

The Ben

The Ben na Pamela bakundana
Yongeyeho ko n’abana be baziko akunda The Ben byahebuje ndetse yababwiye ko hatazagira usiba amafoto ya The Ben muri Telephopne ye kuko buri foto ya The Ben abonye ayibika muri phone ye nk’umuhanzi akunda cyane.
Yasoje avuga ko niba koko Imana yemera ko ibitangaza biba izahe umugisha ikifuzo cye abonane na The Ben kandi asaba uwabishobora wese kubimufashamo kuko nicyo kintu yifuza mu buzima bwe akiri kuri iyi isi.
Itangazamakuru nicyo reberaho kuvugira rubanda no kubafasha bakamenya amakuru no kuyasakaza akagera kuri benshi bityo tukaba twamufashije uko dushoboye n’abandi bashyireho akabo kugerango iyi nkuru igere kuri The Ben kandi nawe afashe uyu mubyeyi kugera ku kifuzo cye.
Noella
3,793 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply