Ubugome bukabije.Umukobwa we yishwe ahotowe bamushyira supernet mu gitsina bamukata n’amabere (Video)
— March 26, 2021
Please enter banners and links.

Kuwa 25 Werurwe 2021,Ikinyamakuru Umusingi na TV Umusingi cyari mu Karere ka Kayonza mu bice bitandukanye aho tuba twagiye gutara amakuru y’Abaturage aho twaganiriye n’umukecuru witwa Mukandenzi Budensiyana atubwira urupfu umwana we yishwe ahotowe.
Aganira na TV Umusingi n’Ikinyamakuru Umusingi nkuko muri bubibone ku mashusho aho yavuze ko umukobwa yita uwe ubundi n’umwuzukuru we ariko kubera ababyeyi b’uwo mukobwa bapfuye akiri muto nyirakuru aramufata aramwonsa aramukuza.
Mukandenzi Budensiyana yatubwiye ko ashaka kujya Nyagatare aho abamwiciye umukobwa bafungiwe kugirango ababaze icyatumye bamwicira umwana kandi bataraturanye byibuze ngo habe hari icyo bapfa.
Umukobwa witwa Dusabe afite ahantu yabaga ariko rimwe ngo yumvise bamubwira ko Dusabe yishwe ahotowe abanza kubihakana bamubwira kujya kureba ko ari we kuko bari baramwishe bamumarana igihe bamujugunya inyuma y’urugo rwaho yakundaga kuba ariko baramukaseho igitsina n’amabere n’akanwanwa baramutwitse.

Aganira na Umusingi TV

Mu kiganiro ikiniga cyaramufashe yibutse urupfu umukobwa we yishwemo
Muri aka gace muri Kayonza hitwa Kawangire hakunze kuvugwa ubwicanyi ndengakamere hari undi bishe bamukuramo ururimi nawe bamukataho intoki ariko abakora ubwo bwicanyi hari igihe badafatwa uretse abishe Dusabe.
Amakuru avuga ko uyu mwana w’umukobwa w’imyaka 15 yishwe bakamumarana iminsi nyuma bakamuzana ari n’injoro bakamujugunya inyuma y’urugo ba nyiri urugo bakumva umunuko bagacyeka ko wenda ari imbwa bahajugunye babona isazi zitumuka bagiye kureba basanga n’umurambo w’umuntu.
Iyi nkuru twari twarayikoze mu Kinyamakuru umusingi twaravuganye n’ubuyobozi bwa Kawangire bagire icyo bavuga ku rupfu rwa Dusabe.
4,634 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply