Umuhanzi Sheebah yaguze ubwato bwo kuriramo ubuzima Miliyoni 700(Amafoto)
— March 19, 2021
Please enter banners and links.

Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Uganda witwa Sheebah Karungi Karma yaguze ubwato abakire bagura bwo kurya ubuzima aho bivugwa ko ubwo bwato yabuguze Miliyoni 700 z’Amashilingi.
Uyu muhanzi akaba yanditse ku rukuta rwe rwa Facebook mu cyongereza “The Kind Of Life You Want To Live Should Be Your Biggest Motivation!!!! Welcome to QUEEN KARMA CRUISE Follow @redeventsug for more information about the bookings !!Can’t wait to host you”.
Sheebah akaba agiye mu bahanzi babaherwe muri Uganda nyuma ya Bobi Wine nawe ufite amato menshi na Beach ndetse n’undi witwa Ssematimba n’abandi bacye nkuko hageteganywa gukorwa urutonde rw’abahanzi babaherwe muri icyo gihugu.
Amakuru avuga ko Sheebah yagombaga gutaha ubwato (Yatch)bwe kumugaragaro mu cyumweru gishize ariko kubera impamvu zitazwi iyo gahunda ikaba itarashobotse ariko nanone amakuru avuga ko mu cyumweru gitaha aribwo ateganya ibirori byo kubutaha kumugararo bizitabirwa n’abantu azatumira gusa b’inshuti ze ndetse n’abanyamakuru bacye.




Mu minsi yashize uyu muhanzikazi Sheebah yatangaje ko agiye gutangira kujya ategura ibirori bitandukanye ubukwe ,Ibirori by’amavuko (Birthday partis)Gutwikurura ndetse n’abazaba bashaka kujya kuganira ibiganiro by’urukundo ko bazajya bamuhamagara cyangwa bakajya ku biro bye biherereye ahitwa Bunga.
Uyu mukobwa Sheebah akaba amaze kugera mu myaka irenga 30 ariko akomeje guteza urujijo kubera kudashaka umugabo n’abantu benshi bakunze kumubaza impamvu adashaka umugabo akavuga ko igihe kitaragera.
Uyu n’umukobwa uvuga ko yanyuze mu buzima bw’ubukene agize Imana abona inzira ibumukuramo ayifatisha yombi ku buryo ubu yishimira ubuzima abayemo dore ko aherutse no gutaha inzu ye nziza ya etaje.
Ese mu Rwanda naho hari abahanzi bashobora kugera ku bikorwa nk’ibye?ko abahanzi benshi iyo bamaze gufatisha birukanyira kujya muri Amerika n’Iburayi?abo abantu bakekaga ko bashobora kugera ku rwego nk’urwa Sheebah ni Charly na Nina ariko nabo bakaba baratandukanye.
3,170 total views, 1 views today

Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
Gen Kayumba Nyamwasa yarakaye cyane nyuma yo kumva Perezida Kagame avuga uko abahungu be yabinjije mu giusirikare(Vedio)
Impamvu Gen Nyamvumba yambwiye umunyamakuru Rutareka ko ari umwanzi w’Igihugu kurusha Gen Kayumba Nyamwasa (Vedio)
Pastor Kibonge yiyahuye yitwitse kubera umugore,Sandra Teta n’umugabo we bongeye ,Umunyamakuru Kamanzi yatorokeye Uganda(Video)
Joseph Kabila yakatiwe kwicwa ibyo azira byose twabimenye n’uburyo agiye gufatwa(Video)
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Miss Iradukunda Elsa umukobwa ukwiye kwandikwa mu mateka y’urukundo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umukobwa witwa Pia Pound umaze iminsi yaratwaye Eddy Kenzo umutima, abandi basore baramurwanira ariko aruta Rema ubwiza?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply