umu amakuru- Joseph Kabila yakatiwe kwicwa ibyo azira byose twabimenye n’uburyo agiye gufatwa(Video) | Umusingi

Joseph Kabila yakatiwe kwicwa ibyo azira byose twabimenye n’uburyo agiye gufatwa(Video)

Please enter banners and links.

Amakuru agera kuri Omusingi TV n’Ikinyamakuru Umusingi avuga ko igihugu cya DR Congo urukiko rwa gisirikare rwakatiye uwahoze ari Perezida wicyo gihugu Joseph Kabila igihano cy’urupfu.

Twabibutsa ko uyu Kabila ariwe Perezida wakoze amateka ubwo yari Perezida Inyeshyamba za M23 zamurwanyije ariko amaze kuva ku butegetsi yifatanya nazo kurwanya Perezida Tsisekedi wamusimbuye.

Byatumye hari abatangira gutekereza ko M23 yashinzwe na Kabila ajijisha ko ari inyeshyamba zimurwanya akiri ku butegetsi ariko aho azizangiye bakifatanya ndetse n’uwari ukuriye amatora ku gihe cye Col Nanga nawe akaba yarifatanije na M23 ku buryo ubu bose bari muri Congo y’Amajyepfo n’Amajyaruguru mu ntambara .

Kubera Kabila bivugwa ko ashobora kuba ariwe muherwe wa mbere muri Afurika bikaba bivugwa ko no kumufata bitazarohera abashaka kumufata.Ibindi mwabisanga muri video ibyaha byose aregwa harimo no gufatira imitungo ye yose

771 total views, 1 views today

About author

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.