Christiano Ronaldo yatashye Hotel ye yinyenyeri 5 n’ikibuga cy’indege mu mazina ye kigiye kubakwa
— July 24, 2016
Please enter banners and links.

Umukinnyi Christiano Ronaldo ukinira ikipe ya Real Madrid n’ikipe y’igihugu cya Portugal yamaze gutaha kumugaragaro Hotel ye y’inyenyeri 5 ndetse hakaba hagiye kubakwa ikibuga cy’indege mu rwego rwo gukurura ba mukerarugendo.
Iyi Hotel ikaba yitwa Pestana CR7 ikaba yaramutwaye agera kuri £70miliyoni ,ikaba yaratashywe Kuwa gatanu taliki 22 Nyakanga 2016 .





Uyu mukinnyi w’icyamamare afite igishushanyo bamushushanyije muri Bronze ndetse na Mesium ,ubu igihe cya Portugal kikaba cyamaze gufata icyemezo ko bagiye kubaka ikibuga cy’indege kinini mu mazina ya Christiano Ronaldo kizitwa Madeira Cristiano Ronaldo airport mu mujyi witwa Funchal ari ho Ronaldo avuka.
Hotel ye igiye yubakiyemo T-shirts ziriho nimero 7 mu byumba bitandukanye.Ifite ibyumba 48 ,icyumba cyamake ni £180 ijoro rimwe naho igihenze kurusha ibindi ni £575 ku ijoro rimwe gusa.
Gatera Stanley
2,854 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply