Abantu bashobora gutura ku wundi mugabane w’Isi wa Mars,Ese habaho isi ebyiri?
— February 20, 2021
Please enter banners and links.

Ubu amakuru avugwa n’uburyo abantu bashobora gutura ku wundi mugabane witwa Mars nyuma y’uko hoherejweyo ikizungirizi kikagenda urugendo rungana na 239 miliyoni miles kuva ku isi kugera kuri uwo mugabane.
Iki kizungerezi kikaba cyaragezeyo ejo Kuwa 19 Gashyantare 2021 kikaba cyaragiye gishyizweho camera zizajya zifata amafoto yaho akoherezwa ku bacyoherejeyo hanyuma akifashishwa mu bushakashatsi kugirango barebe niba abantu bashobora kujya guturayo ntibagire ikibazo.
Ubutwandika iyi nkuru ibinyamakuru bikomeye nka za CNN na BBC n’iyo nkuru ivugwa cyane kuko bivugwa ko iki gikorwa cyakozwe cyari cyarageragejwe cyera byaranze ariko abitwa NASA’s Perseverance Mars Rover aribo bakoze icyo kizungerezi kiswe Perkey gihwanye n’agaciro ka Miliyari $2.2 .






NASA’s Perseverance Mars Rover banditse bakoresheje twitter bishimira ko ikizungirizi cyabo cyakandagiye ku mugabane wa Mars bati twishimiye ko ibyo twagerageje kenshi byaranze noneho tubigezeho.
Ibi ndetse byashimwe na Perezida wa America Joe Biden avuga ko yifatanije n’isi yose kureba ikizungerezi cyoherejwe ku mugabane wa Mars kigerayo.
Muhungu John
3,118 total views, 1 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply