umu amakuru-  Green Party yasabye Leta y’uRwanda kugarura vuba Ingabo z’uRwanda na Polisi ziri muri Sudan y’Epfo | Umusingi

abavuye_mu_butumwa  Green Party yasabye Leta y’uRwanda kugarura vuba Ingabo z’uRwanda na Polisi ziri muri Sudan y’Epfo

Please enter banners and links.

abavuye_mu_butumwa

 

Ishyaka Green Party ryo mu Rwanda ryasabye Leta y’uRwanda kugarura vuba na bwangu Ingabo z’uRwanda na Polisi ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudan y’Epfo .

Abinyujije ku rubuga rwa Facebook Perezida wa Green Party Frank Habineza yasabye Leta y’uRwanda ko igarura vuba na bwangu Ingabo z’uRwanda na polisi kubera intambara ikomeye irimo kubera muri icyo gihugu.

abavuye_mu_butumwaFrank

Frank Habineza

Igihugu cya Uganda cyo cyakuyeyo abaturage bacyo bari baragiye guhaha no gushakirayo ubuzima ndetse ,icyo gihugu kikaba cyarasubijeyo abasirikare bacyo kujya gutabara abaturage bacyo nyuma y’uko hari hashize iminsi Uganda ikuyeyo ingabo zayo zari mu butumwa bw’amahoro.

Gatera Stanley

2,723 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.