Kabuga Félicien bwa Mbere mu rukiko i La Haye-Amafoto
— November 11, 2020
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Ugushyingo 2020, ku nshuro ya mbere Kabuga Félicien ukurikiranweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri Mata 1994 yagejejwe mu rukiko i La Haye mu Buhorandi.
Ni nyuma yuko urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga zirimo urwari rwarashyiriweho u Rwanda, IRMCT, rwemeje ko kuri uyu wa Gatatu ari bwo Kabuga Félicien yagejejwe imbere y’urukiko ku nshuro ya mbere, nyuma yo koherezwa muri gereza y’i La Haye mu Buholandi.
Ku itariki ya 08 Ugushyingo 2020, nibwo umucamanza lain Bonomy wahawe kuburanisha urubanza rwa Kabuga yaruhaye itariki, nyuma yo kurangiza iminsi 10 mu kato, nk’uko bigenda ku muntu wese winjiye mu Buholandi, mu gukumira Coronavirus.
Kabuga yafatiwe mu Bufaransa tariki ya 16 Gicurasi 2020. Mu kwezi gushize k’Ukwakira, ku itariki 21 Urwego rwasigariyeho icyahoze ari Urukiko Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT) rwemeje ko abanza kujyanwa by’agateganyo ku ishami ryarwo i La Haye mu Buholandi, aho kujyanwa Arusha muri Tanzania.

Kabuga Felcien



Inteko y’abacamanza baburanisha uru rubanza rwa Kabuga, igizwe n’umucamanza Iain Bonomy, ari na we uyiyoboye, umucamanza Graciela Susana Gatti Santana, ndetse n’umucamanza Elizabeth Ibanda-Nahamya.
3,038 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply