Chelsea nyuma yo kugura N’Golo Kante irashaka Riyad Mahrez
— July 17, 2016
Please enter banners and links.

Umutoza mushya wa arashaka kugaragaza ko ari umuhanga aho ashaka gutwara igikombe cya Shampiyona y’Ubwongereza cy’uyu mwaka wa 2016-2017 agura abakinnyi bazamufasha gutwara icyo gikombe.
Umutoza mushya wa Chelsea witwa Konte akaba ashaka kugura umukinnyi wabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’Ubwongereza Riyad Mahrez wakiniraga ikipe ya Leicester City.

Mahrez

N’Golo Kante
N’Golo Kante yaguzwe n’ikipe ya Leicester City umukuye mu ikipe ya Caen kuri £5.6million.Chelsea ikaba yamuguze £32million ku masezerano y’imyaka 5.
N’Golo Kante ukinira ikipe y’igihugu y’Ubufaransa ufite imyaka 25 akaba agiye gufatanya na Fabrigas gukina hagati mu ikipe ya Chelsea bikaba bivugwa ko Nemanja Matic agiye kwerekeza muri Juventus.
Ndayambaje F
2,838 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply