Abarundi bahungutse bava mu Rwanda ntibashoboye kubonana n’ababo
— August 28, 2020
Please enter banners and links.

Abarundi bahungutse bavuye mu nkambi ya Mahama mu Rwanda ntibashoboye kubonana n’ababo bari baje kubategera. Bamaze guhabwa idarapo ry’igihugu Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, umutekano n’iterambere rusange, Abarundi bahungutse banyujijwe mu bibanza cyangwa aho bapimirwa icyorezo cya COVID-19 babanje gukarabishwa.
Bahise burizwa imodokari zari zibarindiriye kugira ngo bajyanwe mu kigo cyabateguriwe cya Songore muri komine ya Kiremba y’intara ya Ngozi.
Muri icyo kibanza bagiye kumaramo imisi 3, bagiye gukurikiranwa n’abahanga mu kurwanya icyorezo cya Covid-19 bongere bahabwe n’inyigisho zo gukunda igihugu nk’uko Minisitiri Gervais Ndirakobuca yabakiriye yabitangaje.
Kuba bahise batwarwa ntibyakiriwe kimwe n’Abanyakirundo batari bake bari baje kubategera.

Imodoka zari zitwaye impunzi z’Abarundi zabaga mu Rwanda mu Nkambi ya Mahama
Mubo bitaguye neza, hari abari baje kureba ko hari ababo bobona mu bahungutse bataha uko bazindutse. Bari biteze ko babona amakuru y’abaje, bakabona n’amakuru ku bagiye kuza.
Ku ruhande rw’Uburundi, ibikenewe byose byari byategekanijwe kugira bikingire icyorezo cya Covid-19.
Nymara, ntibyahavuye biba byiza cyane guhana intambwe y’ametero bitahavuye bishoboka.
Ibyo byabonetse kubari baje gutegera ababo cyangwa kwakira ababo bari barahungiye mu Rwanda, abanyamakuru benshi bari benshi bari baje gukurikirana icyo gikorwa n’abahungutse aho bari batonze umurongo.
Nkuko twababwiye ko Ikinyamakuru Umusingi gikundwa n’abantu benshi ndetse kikaba kimaze kugira abanyamakuru bagihagararaiye hirya no hino ku Isi ubu tukaba twamaze kubona uduhagararira I Burundi uzajya atugezaho amakuru yaho.
Carine
3,169 total views, 1 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply