Ishyaka rya NUP ririmo gukusanya inkunga ya miliyari 1.7 azakoreshwa mu kwiyamamaza
— August 26, 2020
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa kabiri taliki ya 25 Kanama 2020, Ishyaka ry’ubumwe bw’Iguhugu rya Opozisiyo rihagarariwe na Depite Bobi Wine National Unity Platform (NUP) ryatangije kumugaragaro gahunda yo gukusanya inkunga mu gihugu cyose ikaba yatangiriye kuri bariyeri.
Ayo mafaranga akaba azakoreshwa mu bikorwa byo kwiyamamaza, kode yitwa “MUDA KU MUDA @10K DUSHOBBORA” ikaba igamije gukusanya inkunga ingana na miliyari 1.7 z’amashiringi mu rwego rwo gutera inkunga mbere y’amatora ya 2021 ateganijwe mu kwa kabiri.
Nkuko NUP ibivuga buri muyoboke w’Ishyaka cyangwa ababifuriza ibyiza banabishyigikiye bose hamwe n’amashillingi ibihumbi icumi 10000 hejuru nko kwerekana ubushake ndetse banabona igihembo cy’icyemezo gitangwa n’ishyaka.
NUP ivuga ko amafaranga akenewe cyane azafasha gutera inkunga ibikorwa byabo.
Kuwa 2 Robert Ssenntamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yaganiriye n’abanyamakuru mu biro by’Ishyaka rya NUP i Kamwokya , yavuze ko mu bikorwa bikeneye inkuga harimo gucapa ibyapa byo kwiyamamariza , gutwara abakandida bose ba NUP bahatanira imyanya itandukanye kujya mu ma televisiyo n’amaradiyo ndetse n’ahandi henshi hatadukanye.
2,209 total views, 1 views today

Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
Gen Kayumba Nyamwasa yarakaye cyane nyuma yo kumva Perezida Kagame avuga uko abahungu be yabinjije mu giusirikare(Vedio)
Impamvu Gen Nyamvumba yambwiye umunyamakuru Rutareka ko ari umwanzi w’Igihugu kurusha Gen Kayumba Nyamwasa (Vedio)
Pastor Kibonge yiyahuye yitwitse kubera umugore,Sandra Teta n’umugabo we bongeye ,Umunyamakuru Kamanzi yatorokeye Uganda(Video)
Joseph Kabila yakatiwe kwicwa ibyo azira byose twabimenye n’uburyo agiye gufatwa(Video)
Abashaka I Farm,ubutak byo kugura cyangwa amazu cyangwa ugurisha dore aho wasanga ibyo ushaka byose
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umukobwa witwa Pia Pound umaze iminsi yaratwaye Eddy Kenzo umutima, abandi basore baramurwanira ariko aruta Rema ubwiza?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply