Goverinoma ya Ugannda yatangije igikorwa cyo guha imiryago igera kuriMiliyo 9 ama Radio .
— July 22, 2020
Please enter banners and links.

Umukuru w’igihugu cya Uganda Yoweri Museveni yatangaje ko goverinoma igiye guha imiryango yo muri Uganda miliyoni 9 ama radio azabafasha mu kwiga.
Museveni yabitangaje nyuma yuko ahinduye icyemezo cyuko azafungura ibikorwa nyuma y’uko hari harashyizwe ingamba kubera covid-19 bazaguma mu kato akaba yabitangaje kuri uyu wa kabiri tariki 20 Nyakanga 2020 nijoro.
Umukuru w’igihugu Museveni yatangaje ko ibyemezo byo gufungura no gutangira kw’amashuri bizafatwa ndetse bikanatangazwa mbere y’ukwezi kwa 9.
Yatangaje ko kwihuta afata icyemezo nonaha bitaba byiza kuko igisubizo gishoboka cyamenyekana igihe icyo aricyo cyose nko kuba haboneka umuti n’urukingo kuri virus iri guhitana benshi.
Umukuru w’igihugu yatangaje ko kuri uyu wa kabiri nyuma ya saa sita yagiranye inama na minisitiri w’uburezi ndetse ni icungamutungo bemeza ko amafaranga yabonetse yo kugura radio kandi bagiye kuzigeza ku banyeshuri kugirango babashe kwiga.
Museveni yavuzeko ubu buryo bwo gukurikirana amasomo bategeranye aribwo bwiza ku banyeshuri bwo gukomeza kwiga bategeranye bakurikira amasomo yabo ku ma radio ndetse na ma televisio.
Goverinoma yateganyije radio zingana na miliyoni 9 izajya kuri buri muryango ndetse n amatelevisio angana na 137,466 zikoreshwa n’imirasire y’izuba bizahabwa abaturage bo mu byaro mu bice byose by’igihugu.
Bahawe biliyoni 55.8 Shillings avuye mu bufatanye kw’isi mu burezi yo gufasha mu ishyirwa mu bikorwa ryo kwiga hashyizwemo intera.
Amashuri yahagaritswe kugirango hagabanywe ikwirakwizwa ry’icyorezo cya covid-19 .Iki gikorwa cyo gutanga ama radio na Televiziyo ni zimwe mu ngamba zo kwirinda COVID-19 nkuko tubikesha bimwe mu binyamakuru byo muri icyo gihugu cya Uganda.
Yahinduwe mu Kinyarwanda na Ishimwe Marie Gabriella
2,306 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply