Umuhanzi Daniella Maila yasohoye indirimbo yitwa Rukundo ya Yesu ivuga ku bibazo by’urupfu yasimbutse
— July 20, 2020
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Uganda ubu indirimbo Rukundo ya Yesu irimo kubica bigacika kubera amagambo ayirimo ndetse no kubera ubwiza bw’uwo mukobwa wayiririmbye.
Uyu mukobwa witwa Daniella Maila kuri uyu wa 20 Nyakanga 2020 aganira n’Ikinyamakuru Umusingi yavuze ko indirimbo ye irimo amagambo avuga ku buzima bwe ko hari igihe yari mu bibazo ubwo yumvaga agiye gupfa ariko Imana ikamukiza urupfu.
Daniella yagize ati “Iyi ndirimbo amagambo arimo sinzi aho yavuye narandikaga gusa ntazi aho ava ariko ndishimira ko yakunzwe cyane kandi abafana banjye bayumve cyane kuko harimo inyigisho”.
Muri Uganda hari abakobwa benshi babahanzi kandi beza barimo Lydia Jasmine ,Spice Diana ,Cindy ,Winnie Nwagi ,Sheebah ,Recho Rey n’abandi benshi ku buryo abakurikirana umuziki muri iki gihugu bavuga ko Daniella Maila bose ashobora kubakuramo kuko aririmba neza kandi afite ijwi ryiza kandi ni mwiza cyane .
Uyu mukobwa avuga ko urukundo rwa Yesu ruruta inkundo zose kandi itagira igiciro ariko adafite uko yashima Imana kuko yamukuye mu menyo y’urpfu.




Akomeza avuga ko Imana yamubereye umubyeyi imubera umuvandimwe ndetse imubera inshuti kuko yamukuye mu menyo y’urpfu kandi Imana iyihaye umutima wawe n’ibyawe byose ntacyo itagukorera kuko Imana ikuzi kuva uvutse bityo ko urukundo rwa Yesu rutagira ikiguzi.
Ati Yesu mfata kukuboko kuko iyi isi yuzuyemo ibishukano ,aya mazi menshi atantwara ,uyu muriro utanyotsa ube ari wowe undwanira kubera ko nta mbaraga mfite.
3,151 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply