Nguwo umubyeyi gito wajugunye uruhinja mu musarane kugirango adatandukana n’umugabo we mushya
— July 13, 2020
Please enter banners and links.

Nnabukeera niwe wajugunye umwana w’uruhinja mu musarane bityo amakuru aturuka muri Polisi ya Uganda aho ibi byabereye ko amaze kujugunya umwana mu musarane yagiye kubwira abaturage aho atuye ko umwana yarwaye arapfa amuzika iwabo.
Abaturage bagize amakenga banga kumva ibyo ababwiye bityo baramufata baramufunga fayiro ye kuri polisi ni nnamba CRR 057/020.
Umuvugizi wa Polisi ya Kalungu ASP Charles Okello akaba yemeje amakuru ko Jane Nnabukeera ibyaha yabikoreye ahotwa Kyamuliibwa.
DPC Okello avuga ko ibyaha Nnabukeera yakoze abikoreye ku mugabo we mushya umucuruzi Richard Ssebuliba wamwirukanishije umwana ngo amusubize uwamuteye inda witwaYusufu Mugerwa bityo umugore ahitamo kwica umwana ufite icyumweru kimwe amujugunye mu musarani kugirango akomeze yibanire n’umugabo we mushya.
Umwana yumvishwe na Sheikh wari ugiye gukora ‘wuzu’yumva uruhinja rurira mu musarane ahita atabaza abantu barawusenya bamukuramo ajyanwa mu bitaro bya St Joseph Musaanya Kyamuliibwa baramuvura ndetse ubu ameze neza.
Ubu uyu mwana nakura akumva ko nyina yamujugunye mu musarane ashaka kumwica azakora iki?azakunda nyina?azakura atekereza iki?uyu mubyeyi gito se azajya abona umwana yarakuze atekereze iki?n’ibyinshi abumva iyi nkuru bashobora gutekereza kuri uyu mwana uko azabaho ndetse na nyina uko bazabana amwita umwana we undi amwita nyina.
Muhungu John-Kampala
3,385 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply