Uwarwaye Corona Virus agakira yongeye kugaragaza ibimenyetso ahangayikisha abashinzwe ubuzima
— June 28, 2020
Please enter banners and links.

Mu Karere ka Sembabule muri Uganda hagaragaye umugabo warwaye Corana Virus agakira agasezererwa mu bitaro bikuru bya Mulago yongeye kugaragaza ibimenyetso bya Corona Virus ahangayikisha abashinzwe iby’ubuzima muri icyo gihugu.
Nkuko bimwe mu binyamakuru byo muri Uganda nka Bukedde cuanditse ko ushinzwe iby’ubuzima muri Sembabule witwa Dr Charles Matovu avuga ko umugabo witwa Niwagaba moses w’imyaka 23 akaba ari umushoferi w’ibikamyo muri South Sudan agaragaza ko yari yararwaye Corona Virus ajyanwa mu bitaro bikuru bya Mulago muri Kampala aho yavuwe arakira ariko ubu akaba yongeye kuvuga ko yumva yongeye kugira ibimenyetso by’iyo ndwara y’icyorezo.
Ibimenyetso avuga bigaragaza ko yaba yongeye kwandura iyi ndwara harimo Ibicurane ,Gukorora ,Malaria n’ibindi bikaba byatumye abashinzwe ubuzima muri Sembabule bahangayika ko abantu bashobora kongera kwandura iyo ndwara.
Uyu mugabo yasanzwe ahitwa Makoole muri Lwemiyaga avuye mu kandi Karere ka Mubende aho yari yaragiye kwihisha ari kumwe n’abashuti atinya gusubizwa muri Karantine ariko ubwo yarimo agenda yumva atangiye kuremba ahamagara Minisiteri nayo ihamagara ku Karere bohereza Ambulance iramutwara akaba yajyanywe mu bitaro bya Mubende nyuma y’uko ibitaro bya Masaka hari huzuye ntaho yabona avurirwa.
Umurwayi akaba ubu yamaze gukurwaho amaraso kumupima sampo za Covid bamusangamo Malaria nkuko Dr Matovu abivuga. Dr Matovu avuga ko bafite gahunda yo kujya gushaka abari bari kumwe na Niwagaba moses nabo babajyane kubapima barebe ko ari bazima.
Muhungu John-Kampala
4,496 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Gahunda igi ry’Umwana na Kundwa kibondo byagabanije imirire mibi mu Bana muri Sovu
Hubatswe ibigo nderabuzima 50 muri Huye na Nyamagabe mu myaka 7 ishize
99% by’akato n’ihezwa ku bafite virusi itera SIDA byarashize muri Koperative Girubuzima Nyange
Mu bantu 15750 bapimwe agakoko gatera SIDA 37 nibo basanganywe ubwandu bushya
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply