Menya uburyo itabi rya Kinyarwanda rivura uwariwe n’inzoka ndetse rivura amaso
— April 28, 2020
Please enter banners and links.

Abashakashatsi bagaragaje ko itabi rya Kinyarwanda amababi yaryo avura umuntu wariwe n’inzoka ashobora guca amababi y’itabi agacakanga amira amazi yaryo bimufasha kurwanya ubumara iba yagushyizemo kugirango bigufashe kugera kwa muganga.
Iyo ukoresheje itabi ryumye ntacyo ryakumarira bigusaba gukoresha itabi ribisi ryahinzwe rikiri ku biti byaryo ndetse aba bashakatsi nkuko babitangaje mu binyamakuru byo mu mahanga ko wasangaga cyera abasaza n’abakecuru babaga bafite uturima hafi y’urugo bahingamo itabi babaga baziko inzoka iramutse igize uwo irya babona umuti utuma uwariwe n’inzoka adapfa mbere yokugezwa kwa muganga.
Itabi kandi nkuko Steven Kayongo abivuga ko itabi rivura abantu barwara ishaza ryo mu jisho rikababuza amahoro ndetse bikabaviramo ijisho gupfa ko itabi ririvura.
Avuga ko mu gihe ugize ikibazo uca amababi y’itabi ukayashyira mu isafuriya ukayateka kumara akanya hanyuma amazi uyakuremo mu isafuriya uyashyire mu kintu gisukuye nk’igikombe cyangwa ikindi kintu wakoresha hanyuma namara guhoramo ujye uyanyuza mu maso usa nukaraba ubikore inshuro 2 nkuko Steven Kayongo yabivuze mu kinyamakuru cya Bukedde.Uzajya ibikora inshuro 2 mugitondo na nimugoroba mu minsi micye uzabona impinduka.
4,036 total views, 1 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply