Reba amafoto y’imfungwa atangaje muri iki gihe cya COVID-19 zigaragambije.
— April 27, 2020
Please enter banners and links.

Hari amafoto yakomeje gucaracara ku mbuga nkoranyambaga y’Imfungwa bivugwa ko zari zifungiye muri gereza ya Izalco yo muri San Salvador aho bivugwa ko zigaragambije kubera isuku nkeya ,umutekano wazo mucye.
Aya mafoto akab yafashwe ubwo inzego z’umutekano zari zije guhosha imyigaragambyo y’izo mfungwa ariko uburyo bari begeranijwe buratangaje muri iki gihe cya COVID-19 aho bisaba byibuze gusiga metero imwe hagati ariko bo bari bacutsitse cyane ku buryo harimo umwe wanduye icyorezo cya Corona Virus abafungwa bose byaba byoroshye kwandura.
Nkuko bivugwa ku mbuga nkoranyambaga ko Perezida wa Salvador Nayib Bukele yari yategetse ko amagereza yose mu masaha 24 ntawemerewe gusurwa cyangwa gusohoka mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Corona Virus ndetse n’imfungwa z’ibyigomeke zishakirwa aho zifungirwa hihariye kugirango ibibazo by’imyigaragambyo bishakirwe umuti.



3,843 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply