Reba amafoto y’imfungwa atangaje muri iki gihe cya COVID-19 zigaragambije.
— April 27, 2020
Please enter banners and links.

Hari amafoto yakomeje gucaracara ku mbuga nkoranyambaga y’Imfungwa bivugwa ko zari zifungiye muri gereza ya Izalco yo muri San Salvador aho bivugwa ko zigaragambije kubera isuku nkeya ,umutekano wazo mucye.
Aya mafoto akab yafashwe ubwo inzego z’umutekano zari zije guhosha imyigaragambyo y’izo mfungwa ariko uburyo bari begeranijwe buratangaje muri iki gihe cya COVID-19 aho bisaba byibuze gusiga metero imwe hagati ariko bo bari bacutsitse cyane ku buryo harimo umwe wanduye icyorezo cya Corona Virus abafungwa bose byaba byoroshye kwandura.
Nkuko bivugwa ku mbuga nkoranyambaga ko Perezida wa Salvador Nayib Bukele yari yategetse ko amagereza yose mu masaha 24 ntawemerewe gusurwa cyangwa gusohoka mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Corona Virus ndetse n’imfungwa z’ibyigomeke zishakirwa aho zifungirwa hihariye kugirango ibibazo by’imyigaragambyo bishakirwe umuti.



3,893 total views, 1 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply