Umuhanzi w’umukobwa mwiza muri Uganda Spice Diana arimo kubaka inzu ya Miliyoni 600 akaba ariwe ugiye kuba umuhanzikazi ukize
— December 11, 2019
Please enter banners and links.

Umuhanzi Spicce Diana wo muri Uganda kuwa gatandatu nibwo yajyanye abafana be kubera imishinga ye aho igeze kugirango abashimire urugendo yagiranye nabo icyo rurimo gutanga.
Batangiriye ahitwa Nakulabye mu ka Ghetto gato yabagamo cyera gakodeshwa ibihumbi 70 buri kwezi kandi akabanamo n’umuryango we ariko nyuma yaje kwimukira Makindye-Salama road.
Spice Diana w’imyaka 32 akaba arimo kubaka inzu ya etaje igeretse izatwara akayabo ka Miliyoni Magana atandatu (600M),kubaka bikaba bimaze amezi 4 gusa batangiye kubaka inzu ifite ibyumba 6.



Mu kiganiro n’itangazamakuru Spicce Diana yavuze ko ubuzima butari bworoshye cyera kubera ko yamenye ubwenge nyina yaratandukanye na bityo akaba ariwe utunga urugo ndetse ariwe wishyura ubukode bw’ako ka Ghetto gato babagamo akishyura ibihumbi 70 ku kwezi ariko nayo kuyabona byabaga ari ikibazo gikomeye no guhaha byose ariwe bireba kandi akiri muto.
Arishimira ko ubuzima bwahindutse ubu ubukarabiro bw’inzu ye ya Makindye buruta kure aka ghetto babagamo n’umuryango we.
Diana arishimira ubwo buzima yanyuzemo ati nibwo bwatumye nkora cyane kugirango ngere kubyo ngezeho uyu munsi.
Spice Diana yongeraho ko ashimira Manager we Roger Lubega kuko yamufashije byinshi cyane ndetse akavuga ko umuntu adakwiye guterwa isoni n’ubuzima aba yaranyuzemo kuko ukuri kuba ari ukuri.


Spice Diana akaba arimo gutegura igitaramo gikomeye mu kwezi kwa mbere umwaka utaha wa 2020 aho ateganya naho gukuramo amafaranga mnshi cyane.Mu ndirimbo zizaba ziri kuri Album ye harimo Ekyeejo, Best Friend, Thirty Two, Onsanula, Nasimatuka Ex, Nyumirwa, Gwe Nsonga na Romantic Gal n’izindi zitandukanye.
Biravugwa ko inzu ye nirangira azaba ariwe muhanzikazi ukize muri Uganda arusha ba Juliana batangiye muzika cyera ,Iryn Namubiru ba Sheebah bose ba Vinka na ba Winnie Nwagi n’abandi benshi.
Noella
6,226 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply